• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amafaranga arenga Miliyoni yasanganwe imfungwa muri gereza i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
July 23, 2024
in Regional Politics
0
Amafaranga arenga Miliyoni yasanganwe imfungwa muri gereza i Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amafaranga arenga Miliyoni yasanganwe imfungwa muri gereza i Kinshasa.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Byatangajwe n’umuryango uhagarariye amahoro witwa Foundation Bill Clinton, uvuga ko abasirikare bakoze umusako muri gereza nkuru ya Kinshasa nyuma yo kugaragaza ko imfungwa zibayeho nabi.

Uyu muryango wavuze ko iryo saka ko ryakozwe ku masaha y’igitondo cyakare cyo ku Cyumweru tariki ya 21/07/2024, ukorwa n’abasirikare baje bava muri Camp ya Kololo baja gusaka muri gereza ya Makala, mu gusaka basangana imfungwa amatelefone ahenze n’ifaranga nyinshi z’amanyekongo ndetse n’amadolari y’Amerika.

Byanavuzwe kandi ko ay’amafaranga n’amatelefone, abasirikare barangije gusaka barabijana.

Amakuru neza uriya muryango uvuga ko ufite ngo ni uko uretse telefone, abasirikare banatwaye amafaranga, arimo agera ku $ 3000 y’amanyamerika. Kandi ko ay’amafaranga bayatse abanyapolitiki umunani bafungiye muri iyi gereza.

Ay’amatelefone afasha imfungwa gushakisha ubufasha kuko aho zifungiye leta itabasha kuziha ibyangombwa nkenerwa mu buzima.

Gusa, minisitiri w’ubutabera wa RDC, Constant Mutamba yahakanye ay’amakuru avuga ko amashusho yatambukijwe kuri Tv5 Monde ari ayakera.

Yavuze ko leta igerageza guhindura imibereho y’imfungwa, akavuga ko imfungwa zirya inshuro zibiri ku munsi, n’ubwo umunyamakuru Stanis Bujakera wigeze gufungirwa muri iyi gereza yahamije ko imfungwa zirya inshuro imwe ku munsi.

                MCN.
Tags: Arenga miliyoniGereza ya MakalaImfungwaZasanganwe amafaranga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Guverinoma ya Kinshasa yagize ibyo ivuga ku biganiro byavugwa ko irimo na M23, i Kampala.

Guverinoma ya Kinshasa yagize ibyo ivuga ku biganiro byavugwa ko irimo na M23, i Kampala.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?