• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amafaranga u Bwongereza bwatanze ku Rwanda muri gahunda y’abimukira ntibuzayasubizwa, menya impamvu.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2024
in Regional Politics
0
Amafaranga u Bwongereza bwatanze ku Rwanda muri gahunda y’abimukira ntibuzayasubizwa, menya impamvu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amafaranga u Bwongereza bwatanze ku Rwanda muri gahunda y’abimukira ntibuzayasubizwa, menya impamvu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyatangajwe n’umuvugizi wa leta y’u Rwanda w’ungirije, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko igihugu cye kitazasubiza u Bwongereza amafaranga bwaruhaye muri gahunda yo kohereza abimukira binjira muri iki gihugu binyuranyije n’amategeko.

Iyi gahunda ishingiye ku masezerano y’ubufatanye mu gukemura ibibazo by’abimukira no mu iterambere ku bukungu bw’igihugu yashyizweho umukono wa mbere mu kwezi kwa 2022.

Urwego rushinzwe ubugenzuzi mu Bwongereza rwagaragaje ko iki gihugu cy’u Rwanda cyahawe miliyoni 270 z’ama-pounds kugeza mu mpera z’u mwaka w’ingengo y’imari w’2023.

Nyuma yaho ishyaka ry’Abakozi, Labour ritsinzwe amatora y’Abadepite tariki ya 04/6/2024, minisitiri w’intebe mushya, Sir Keir Starmer, yatangaje ko Guverinoma nshya itazohereza abimukira mu Rwanda.

Yagize ati: “Gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda yarapfuye ndetse yarashyinguwe.”

Ni amagambo minisitiri w’intebe yarwanyaga iyi gahunda yashyigikiwe na bagenzi be batatu bamubanjirije munshingano.

Mukuralinda, mu kiganiro yagiriye kuri televisiyo y’igihugu, yashimangiye ingingo iri muri ay’amasezerano, ahamya ko u Rwanda rutazasubiza amafaranga rwahawe n’u Bwongereza.

Ati: “Amasezerano ntabwo yigeze ateganya ko amafaranga azasubizwa u Bwongereza.”

Mukuralinda kandi yavuze ko u Bwongereza butari kwishyuza amafaranga bwatanze butari kwishyuza amafaranga bwatanze, kuko u Rwanda rutigeze rwica ibikubiye mu masezerano impande zombi zagiranye.

Ati: “Barishyuza baherereye hehe ko ntabyo amasezerano ateganya! Barishyuza se ni inguzanyo batanze? Hari ingingo n’imwe u Rwanda rwigeze rwica?”

Avuga ko u Bwongereza ari bwo bwisabiye u Rwanda kugirana na rwo aya masezerano, bityo ko mu gihe rwifatiye icyemezo cyo kuyahagarika, ntacyo rushobora kubaza iki gihugu cyari kwakira abimukira.

Ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Bwongereza yatangarije ibitangaza makuru ko ari ya mafaranga yarabikiwe gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda atari yagakoreshwejwe, Guverinoma nshya ikaba iteganya kuyifashisha mu bikorwa by’urwego rushya rushinzwe umutekano wo ku mipaka.

Gusa, umunyamabanga wa leta w’imbere mu gihugu cy’u Bwongereza, Yvette Cooper, yasobanuye ko nyuma yisuzuma ry’amafaranga yari yaragenewe iyi gahunda yaba atarakoreshwa, Guverinoma izageza mu nteko ishinga amategeko umushinga wo kuyakoresha muri uru rwego.

Kigali yo kuya 08/07/2024, yatangaje ko iki gihugu cyiteguye gushakira ibisubizo ibibazo bibangamiye Isi birimo iby’i mpunzi n’abimukira bagana iki gihugu.

              MCN.
Tags: Muri gahunda y'abimukiraNtibuzayasubizwa amafarangaRwandaU Bwongereza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyaguze ibindi bibunda bishya byo kurwanya M23.

Igisirikare cya leta ya Kinshasa cyaguze ibindi bibunda bishya byo kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?