• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amafaranga ya Wazalendo yahindutse ideal,” ibivugwa na Leta .

minebwenews by minebwenews
April 8, 2025
in Regional Politics
0
Amafaranga ya Wazalendo yahindutse ideal,” ibivugwa na Leta .
90
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Amafaranga ya Wazalendo yahindutse ideal,” ibivugwa na Leta .

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, Guy Kabona Muadiavita yaraye ageze i Uvira ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yaho umujyi wa Bukavu ugiye mu maboko y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa. Akimara kuhagera yavuze ko ikibazo cy’amafaranga ya Wazalendo yahindutse business y’abanyapolitiki babi cyabonewe umuti.

Ku gicyamunsi cy’ejo ku wa mbere tariki ya 07/04/2025, ni bwo minisitiri w’ingabo za RDC yageze i Uvira, aho yageze avuye i Bujumbura nyuma yuko ava i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minembwe Capital News yamenye ko i Uvira, minisitiri Guy yakiriwe n’abaturage kandi ko bamwakiririye kuri Rond-Point iherereye i Kavimvira.

Muri uko kumwakira yababwiye ko intego nyamukuru y’uruzinduko rwe igamije gukemura ikibazo cy’umutekano muke abaturage bafite i Uvira.

Ati: “Intego nyamukuru y’uruzinduko rwanjye hano i Uvira, naje gukemura ikibazo Perezida wa Repubulika atabashije kuhakemura cy’umutekano muke.”

Ni mu gihe aka gace karimo umutekano muke, kuva kahungiramo imitwe ya Wazalendo na FDLR. Ahanini aba barwanyi bo muri iyi mitwe bakagezemo ku bwinshi nyuma yuko m23 ifashe umujyi wa Bukavu ku wa 16/02/2025.

Ubundi kandi kuva Wazalendo bagera muri aka gace, kakomeje kubamo imirwano yogusubiranamo bonyine kuri bonyine, ndetse kandi hakaba ubwo barwana n’ingabo za Leta.

Muri uru ruzinduko rwa minisitiri w’ingabo za Congo i Uvira yabonanye kandi n’inzego zitandukanye, harimo inzego z’umutekano, abayobozi ba Leta na Wazalendo.

Nk’uko yabibwiye abaturage bamwakiriye, yagize ati: “Nibyiza ko nganiriza inzego z’umutekano, abayobozi ba Leta na Wazalendo, kugira ngo menye neza ikibazo nyamukuru mufite i Uvira. Kandi tugishakire igisubizo.”

Minisitiri Guy yabwiye kandi abaturage ko hari umuntu wamubajije ifaranga zigenwa na Leta zo gufasha Wazalendo iyo ziza zija?

Ati: “Hari uwa mbajije amafaranga ava muri minisiteri nyoboye y’ingabo no muri etat major, agenewe gufasha Wazalendo iyo azaja?”

Avuga ko igisubizo yamuhaye, yamubwiye ko “ariya mafaranga Leta yamenye ko yahindutse business z’abanyapolitiki babi. Ariko byamaze kubonerwa umuti.”

Yongeyeho kandi ko ibyo bigiye kugira iherezo.

Ati: “Twahisemo kubishyiraho iherezo. Ubu Wazalendo bukuri bagiye kuzaza babona ibihembo byabo, nk’uko FARDC nayo ibibona.”

Ibyo yabivuze mu gihe mu kwezi gushize, Leta yahembeye abasirikare n’abapolisi kuri Bank. Kandi buri musirikare wo hasi agafata amadolari 500.

Tags: BusinessDealUviraWazalendo
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Kigali umukobwa  yatawe muri yombi azira amagambo akomeretsa abarokotse jenocide.

I Kigali umukobwa yatawe muri yombi azira amagambo akomeretsa abarokotse jenocide.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?