• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 21, 2025
in Conflict & Security
0
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Twagarutse ku magambo abiri akunze kubyutsa imbamutima za benshi ahanini ku Banyamulenge, yavuzwe n’intwari ikomeye kuri ubu bwoko n’Abatutsi bose muri rusange bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Amarira yari menshi, agahinda kari kose, ndetse kendaga guhitana abatari bake bo muri ubu bwoko bw’Abanyamulenge, nyuma y’uko bimenyekanye ko umusirikare wabarwaniriye yatabarutse.

Uwo nta wundi ni General Rukanda Michel Makanika watabarutse ku wa 19/02/2025.

Umutwe wa Twirwaneho yarabereye umuyobozi mukuru, icyo gihe watangaje ko yishwe n’igitero cy’indege ya drone yo mu bwoko bwa Ch-4, cya gabwe i Gakangala ahari ibirindiro bye.

Unongeraho ko yaje ituruka i Kisangani, kandi ko ari iyigisikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC.

Bikaba bizwi ko i Kisangani ariho hari ibirindiro bikuru bya zone ya gatatu y’ingabo za RDC. Iyi ikaba iyobowe na Lt Gen Pacifique Masunzu na we uvuka mu bwoko bw’Abanyamulenge, gusa bamushinja kubagambanira no kubica.

Mbere y’uko Gen Makanika atabaruka, hari amagambo yagiye avuga, muri ayo harimo abiri akunze kubyutsa imbamutima za benshi.

Hari nk’igihe yagize ati: “Ntabwo nzarya amafaranga ya leta bene wacu bicwa.” Ni mu gihe yarafite imyanya ikomeye muri Leta ya Congo, ariko abona atari akamazi mu gihe iyi Leta yarimo yica benewabo, ari nabwo yafashe icyemezo cyo kubatabara.

Ingabo za RDC zatangiye kwica abanyamulenge zikoresheje amayeri yoguhenda Mai Mai ikabagabaho ibitero mu mihana yabo. Ubwo ni mu mwaka wa 2017.

Ariko nyuma yaje kwerura ibarasa izuba riva yica abatari bake, mu mwaka wa 2020, kuko ni nabwo yishe irashe abagore b’i Rundu 6. Na nyuma yabwo igenda yica abandi mu bihe bitandukanye.

Irindi jambo ryakoreshejwe na Makanika, ndetse rikaba ryaritiriwe umutwe wa Twirwaneho yahoze ayoboye, rigira riti: “Hari gihe tuzahagarika kwirwanaho, ahubwo tugatera tumeze nk’idubu.”

Uyu mutwe wirwanagaho, mu gihe watewe. Bivuze ko yashatse kuvuga ko bazagera igihe bagahagarika kudatera, ahubwo akaba ari bo bagaba ibitero ku banzi ba Banyamulenge. Bakarwana bameze nk’inyamanswa y’idubu izwiho ubukana no kurinda kudasanzwe.

Gen Makanika yemeye kubaho nabi, aryama mu mashyamba, ahanganye n’abanzi kugira ngo benewabo babeho neza.

Ariko nubwo atakiraho, umutwe wa Twirwaneho ukomeje gukorana na M23 mu rugamba rwo guhangana n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Aya magambo yavuzwe na General Makanika, akwiye gusigara nk’umurage w’ubutwari bwe, abamukomokaho bagakomeza guharanira ukuri no kurengera uburenganzira bwabo.

I Mulenge mugire intwari n’Imana.
MCN.

Tags: AmagamboImbamutimaMakanika
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya wazalendo na AFC/M23 mu bice bya Rutshuru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?