• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amagambo uwahoze ari minisitiri w’iterambere, Justin Bitakwira, yavuze ku Cyumweru, ari mu byatumye ahamagazwa i Kinshasa, huti huti.

minebwenews by minebwenews
December 28, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Justin Bitakwira Bihona, wahoze ari minisitiri w’iterambere, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahamagajwe n’u butabera i Kinshasa, kuja kwisobanura ku magambo akumeje gukoresha y’uzuye ubugome n’urwango rushingiye ku moko.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’inyuma ya magambo yavuze ku Cyumweru tariki 24/12/2023, ubwo yari yateranye mw’itorero rya 8’eme CEPAC, riherereye Uvira, muri Kivu y’Epfo.

Nk’uko bya vuzwe Bitakwira, amaze guhabwa ijambo kuri uwo munsi y’ibasiriye cyane Abanyamulenge n’abo mu bwoko bw’Abashi.

Yagize ati: “Umwanzi dufite wa mbere n’i Umututsi aribo biyita Abanyamulenge, ariko turimo gukora ibishoboka byose turangize ibyabo.”

“Abanyamulenge, ni ubwoko bubi kandi bw’asatani. Ni inzoka, inzoka iyo ikwinjiranye munzu, wewe utayishe yo irakwica.”

Aha niho yanavuze ko Abanyamulenge ar’inshuti za bo mu bwoko bw’Abashi.

Ati: “Abashi ntibagomba kwizerwa bagirana u mubano mwiza n’inzoka.”

Bitakwira, yasoje y’ibasiriye na perezida wa Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, aho yagize ati: “Kimweho icyo no babwira Tshisekedi, akija ku ngoma[Ubutegetsi], yari mu buyobe, iyo ataza ku numvira kuri ubu Abanyamulenge baba baramuriye. Naramubwiye ngo Abanyamulenge nu komeza ku biyigereza bazakotsa bakurye.”

Yasoje avuga ati: “Namwe mura bibona ko perezida Félix Tshisekedi, ya nunviye! Ari nabyo mu bona ko akomeje kwakira Maï Maï, ubu nibo bari kwiberi rya perezida Félix Tshisekedi.”

Ibi biri mu bya tumye Justin Bitakwira Bihona, ahamagazwa i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’igihugu ca RDC, aho yahamagajwe na minisiteri ishinzwe ubutabera muri leta ya Kinshasa.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, ikesha bamwe bakora munzego za leta, bahamije ko Bitakwira, y’urijwe indege ava muri Kivu y’Amajy’epfo, huti huti aja Kinshasa, muntangiriro z’iki Cyumweru turimo. Akaba arindiriye ko azafungwa cyangwa ibyo ashinjwa bigateshwa agaciro.

Bitakwira, aheruka kwitaba Urukiko azira amagambo y’urwango ahagana mu kwezi kwa Karindwi (7), uyu mwaka w’2023.

Mu rwandiko prokilele (Procureur), Mukuru w’igihugu ca RDC, yanditse kuri uyu wa Gatatu, tariki 27/12/2023, yakanguriye aba Polisi bakuru bakora mu butabera no mu rwego rw’umutekano, kutagira ibikorwa bitabira ahanini bigamije amacyakubiri ashingiye ku moko.

Mw’itangazo yashize hanze, ririmo ibi: “Mwirinde ibikorwa byose bigamije kuzana urwango n’u mutekano muke mu gihugu. Ahanini Mwirinde urwango rushingiye no ku moko.”

Bruce Bahanda.

Tags: i KinshasaJustin Bitakwira BihonaYahamagajwe n'urukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Ibikorwa bya Corneille Nangaa, harimo n'urugo rwe, i Kinshasa, byaraye by'ibasiriwe n'igisirikare ca RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?