• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Byatangajwe n’umushinjacyaha wihariye w’urukiko ushinzwe guhashya ibyaha by’ubukungu n’iterabwoba, avuga ko uwahoze ari minisitiri n’umucuruzi ukomeye begereye umuyobozi w’ingabo zishinzwe kurinda perezida wa Benin, bamuha amafaranga, bagamije gutegura guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Aya makuru avuga ko iyi coup d’etat ko yagomba kuzakorwa ku munsi w’ejo hazaza tariki ya 27/09/2024. Ariko uyu musirikare akaba ibi yari yabyanze.

Umushinjacyaha nk’uko yabitangaje, yagaragaje ko abari bacuze uwo mugambi, ni Homeky wahoze ari minisitiri wa siporo n’umucuruzi witwa Olivier Boko, inshuti magara ya perezida wa Binin, Patrice Talon, ahamya ko begereye ukuriye ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, Dieudonne Tévoédjré, maze bamuganiriza ku by’uyu mugambi wabo wo guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Umushinjacyaha yagize ati: “Umuyobozi w’ingabo zirinda perezida yahawe akazi na minisitiri Oswald Homeky mu izina rye ndetse n’irya Bwana Olivier Boko ko gukuraho ubutegetsi ku ngufu, kandi ko bigomba kuba tariki ya 27/09/2024.”

Yakomeje avuga ko “kugira ngo bamwumvise bafunguriye konti Lt Col Dieudonne Tévoédjré muri bank yo muri Cote D’Ivoire, bashyiraho miliyoni zisaga 100 zo muri iki gihugu cya Beni.

Yanavuze kandi ko uyu wahoze ari minisitiri wa siporo yafatiwe iwe mu ijoro ryo ku itariki ya 24 rishyira ku wa Gatatu tariki ya 25/09/2024 ubwo yarimo aha komanda w’ingabo zirinda perezida ibikapu birimo amafaranga. Hari n’amashusho yerekanywe ubona ibikapu birimo amafaranga menshi, biri mu modoka ya 4×4 ya minisitiri byaje kugezwa ku banyamakuru mu rwego rwo kugira ngo babitangaze.

Uyu mushinjacyaha yasobanuye ko ayo mafaranga agera kuri miliyoni 1.5 z’ama cfa yahawe Lt Col Tévoédjré kugira ngo yemere guhirika ubutegetsi. Gusa umushinjacyaha ntiyahishyuye uwaba yarashyize aya makuru hanze, ariko nk’uko radio RFI yabitangaje yatangaje ko Lt Col Tévoédjré yafatiwe hamwe na minisitiri uwo munsi ku wa Kabiri aza kubazwa ariko nyuma ararekurwa.

        MCN.
Tags: BeninGuhirika ubutegetsi
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?