• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Byatangajwe n’umushinjacyaha wihariye w’urukiko ushinzwe guhashya ibyaha by’ubukungu n’iterabwoba, avuga ko uwahoze ari minisitiri n’umucuruzi ukomeye begereye umuyobozi w’ingabo zishinzwe kurinda perezida wa Benin, bamuha amafaranga, bagamije gutegura guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Aya makuru avuga ko iyi coup d’etat ko yagomba kuzakorwa ku munsi w’ejo hazaza tariki ya 27/09/2024. Ariko uyu musirikare akaba ibi yari yabyanze.

Umushinjacyaha nk’uko yabitangaje, yagaragaje ko abari bacuze uwo mugambi, ni Homeky wahoze ari minisitiri wa siporo n’umucuruzi witwa Olivier Boko, inshuti magara ya perezida wa Binin, Patrice Talon, ahamya ko begereye ukuriye ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, Dieudonne Tévoédjré, maze bamuganiriza ku by’uyu mugambi wabo wo guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Umushinjacyaha yagize ati: “Umuyobozi w’ingabo zirinda perezida yahawe akazi na minisitiri Oswald Homeky mu izina rye ndetse n’irya Bwana Olivier Boko ko gukuraho ubutegetsi ku ngufu, kandi ko bigomba kuba tariki ya 27/09/2024.”

Yakomeje avuga ko “kugira ngo bamwumvise bafunguriye konti Lt Col Dieudonne Tévoédjré muri bank yo muri Cote D’Ivoire, bashyiraho miliyoni zisaga 100 zo muri iki gihugu cya Beni.

Yanavuze kandi ko uyu wahoze ari minisitiri wa siporo yafatiwe iwe mu ijoro ryo ku itariki ya 24 rishyira ku wa Gatatu tariki ya 25/09/2024 ubwo yarimo aha komanda w’ingabo zirinda perezida ibikapu birimo amafaranga. Hari n’amashusho yerekanywe ubona ibikapu birimo amafaranga menshi, biri mu modoka ya 4×4 ya minisitiri byaje kugezwa ku banyamakuru mu rwego rwo kugira ngo babitangaze.

Uyu mushinjacyaha yasobanuye ko ayo mafaranga agera kuri miliyoni 1.5 z’ama cfa yahawe Lt Col Tévoédjré kugira ngo yemere guhirika ubutegetsi. Gusa umushinjacyaha ntiyahishyuye uwaba yarashyize aya makuru hanze, ariko nk’uko radio RFI yabitangaje yatangaje ko Lt Col Tévoédjré yafatiwe hamwe na minisitiri uwo munsi ku wa Kabiri aza kubazwa ariko nyuma ararekurwa.

        MCN.
Tags: BeninGuhirika ubutegetsi
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?