Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 26, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Byatangajwe n’umushinjacyaha wihariye w’urukiko ushinzwe guhashya ibyaha by’ubukungu n’iterabwoba, avuga ko uwahoze ari minisitiri n’umucuruzi ukomeye begereye umuyobozi w’ingabo zishinzwe kurinda perezida wa Benin, bamuha amafaranga, bagamije gutegura guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Aya makuru avuga ko iyi coup d’etat ko yagomba kuzakorwa ku munsi w’ejo hazaza tariki ya 27/09/2024. Ariko uyu musirikare akaba ibi yari yabyanze.

Umushinjacyaha nk’uko yabitangaje, yagaragaje ko abari bacuze uwo mugambi, ni Homeky wahoze ari minisitiri wa siporo n’umucuruzi witwa Olivier Boko, inshuti magara ya perezida wa Binin, Patrice Talon, ahamya ko begereye ukuriye ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, Dieudonne Tévoédjré, maze bamuganiriza ku by’uyu mugambi wabo wo guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Umushinjacyaha yagize ati: “Umuyobozi w’ingabo zirinda perezida yahawe akazi na minisitiri Oswald Homeky mu izina rye ndetse n’irya Bwana Olivier Boko ko gukuraho ubutegetsi ku ngufu, kandi ko bigomba kuba tariki ya 27/09/2024.”

Yakomeje avuga ko “kugira ngo bamwumvise bafunguriye konti Lt Col Dieudonne Tévoédjré muri bank yo muri Cote D’Ivoire, bashyiraho miliyoni zisaga 100 zo muri iki gihugu cya Beni.

Yanavuze kandi ko uyu wahoze ari minisitiri wa siporo yafatiwe iwe mu ijoro ryo ku itariki ya 24 rishyira ku wa Gatatu tariki ya 25/09/2024 ubwo yarimo aha komanda w’ingabo zirinda perezida ibikapu birimo amafaranga. Hari n’amashusho yerekanywe ubona ibikapu birimo amafaranga menshi, biri mu modoka ya 4×4 ya minisitiri byaje kugezwa ku banyamakuru mu rwego rwo kugira ngo babitangaze.

Uyu mushinjacyaha yasobanuye ko ayo mafaranga agera kuri miliyoni 1.5 z’ama cfa yahawe Lt Col Tévoédjré kugira ngo yemere guhirika ubutegetsi. Gusa umushinjacyaha ntiyahishyuye uwaba yarashyize aya makuru hanze, ariko nk’uko radio RFI yabitangaje yatangaje ko Lt Col Tévoédjré yafatiwe hamwe na minisitiri uwo munsi ku wa Kabiri aza kubazwa ariko nyuma ararekurwa.

        MCN.
Tags: BeninGuhirika ubutegetsi
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?