Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 26, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku mugambi waburijwemo wo guhirika ubutegetsi muri Benin.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Byatangajwe n’umushinjacyaha wihariye w’urukiko ushinzwe guhashya ibyaha by’ubukungu n’iterabwoba, avuga ko uwahoze ari minisitiri n’umucuruzi ukomeye begereye umuyobozi w’ingabo zishinzwe kurinda perezida wa Benin, bamuha amafaranga, bagamije gutegura guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Aya makuru avuga ko iyi coup d’etat ko yagomba kuzakorwa ku munsi w’ejo hazaza tariki ya 27/09/2024. Ariko uyu musirikare akaba ibi yari yabyanze.

Umushinjacyaha nk’uko yabitangaje, yagaragaje ko abari bacuze uwo mugambi, ni Homeky wahoze ari minisitiri wa siporo n’umucuruzi witwa Olivier Boko, inshuti magara ya perezida wa Binin, Patrice Talon, ahamya ko begereye ukuriye ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu, Dieudonne Tévoédjré, maze bamuganiriza ku by’uyu mugambi wabo wo guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Umushinjacyaha yagize ati: “Umuyobozi w’ingabo zirinda perezida yahawe akazi na minisitiri Oswald Homeky mu izina rye ndetse n’irya Bwana Olivier Boko ko gukuraho ubutegetsi ku ngufu, kandi ko bigomba kuba tariki ya 27/09/2024.”

Yakomeje avuga ko “kugira ngo bamwumvise bafunguriye konti Lt Col Dieudonne Tévoédjré muri bank yo muri Cote D’Ivoire, bashyiraho miliyoni zisaga 100 zo muri iki gihugu cya Beni.

Yanavuze kandi ko uyu wahoze ari minisitiri wa siporo yafatiwe iwe mu ijoro ryo ku itariki ya 24 rishyira ku wa Gatatu tariki ya 25/09/2024 ubwo yarimo aha komanda w’ingabo zirinda perezida ibikapu birimo amafaranga. Hari n’amashusho yerekanywe ubona ibikapu birimo amafaranga menshi, biri mu modoka ya 4×4 ya minisitiri byaje kugezwa ku banyamakuru mu rwego rwo kugira ngo babitangaze.

Uyu mushinjacyaha yasobanuye ko ayo mafaranga agera kuri miliyoni 1.5 z’ama cfa yahawe Lt Col Tévoédjré kugira ngo yemere guhirika ubutegetsi. Gusa umushinjacyaha ntiyahishyuye uwaba yarashyize aya makuru hanze, ariko nk’uko radio RFI yabitangaje yatangaje ko Lt Col Tévoédjré yafatiwe hamwe na minisitiri uwo munsi ku wa Kabiri aza kubazwa ariko nyuma ararekurwa.

        MCN.
Tags: BeninGuhirika ubutegetsi
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Gira ibyo umenya kuri Green Card yongeye ku garuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?