• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.

minebwenews by minebwenews
August 27, 2024
in World News
0
Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ingo z’Abanyamulenge 5 n’izo zahungutse zisubira mu karere ko mu Cyohagati ya za Rwerera, zivuye mu Minembwe aho zari zimaze igihe zarahungiye nyuma y’intambara yayogoje aka karere, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Uku guhunguka ni ubugira gatatu kuko incuro ya mbere, byabaye ahagana mu mwaka w’ 2022, ariko baza kongera guhunga ubwo Twirwaneho yari mu bice byo kuri Nyamara, Kamombo na Mikarati, yagabwagaho ibitero bikaze n’ingabo za RDC zo mu itsinda rya Special Force ku bufatanye n’abarwanyi ba Maï Maï n’Interahamwe(FDLR).

Muri icyo gihe, ingo z’Abanyamulenge zari zarahungutse zabarigwaga mu mirongo, aho zaje kongera guhunga, zimwe zerekeza iya Minembwe, i Ndondo ya Bijombo, ndetse izindi za mbuka imipaka zigana i Rwanda, Burundi, Uganda na Kenya.

Ku ncuro ya Kabiri nanone, hahungutse Ingo zike zibarirwa mu icumi, ubwo hari muri uyu mwaka ushize, ariko baza kongera guhunga ku bwa Col Rugabisha wavuggaga rikijana muri brigade ya 12 yarebaga igice kinini cya karere k’i Mulenge.

Kuri iy’incuro rero, amakuru dufite n’uko muri iki Cyumweru dusoje, mu Kamombo hatashye ingo z’Abanyamulenge zitanu kandi zikaba zarahungutse ziva mu Minembwe.

Ndetse igitangaje ku Cyumweru tariki 25/08/2024, aha muri aka gace ka Kamombo abatashye bahakoreye n’igiterane cyo gushima Imana ko yongeye ku bacura mu karere k’i wabo, maze ngo haba umunezero udasanzwe.

Ni igiterane cyayobowe na Reverend Mupenda wo mu itorero rya 8ème Cepac, nawe uri mu bahungutse, nk’uko aya makuru abivuga.

Aya makuru kandi avuga ko atari Abanyamulenge bonyine bahungutse ngo kuko n’Abapfurelo nabo nuko, bo bari mu guhunguka berekera ahitwa mu Mizinga hatari kure ya Kamombo, ndetse usibye Mizinga hari utundi duce two mu Cyohagati Abapfulero barimo kubakamo amazu harimo kandi ko na Mikenke hafatwa nk’umuhana munini wo mu Cyohagati Ababembe n’Abapfurelo bari kuhubaka amazu cyane, nyuma y’uko himuriwe icyicaro gikuru cya Secteur ya Itombwe.

        MCN.
Tags: AbanyamulengeAbaturageguhungukaKamomboMu Cyohagati ya za Rwerera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Ibura ry’amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo.

Ibura ry'amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?