• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.

minebwenews by minebwenews
August 27, 2024
in World News
0
Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ataravuzwe y’abaturage bahungutse basubira mu Cyohagati.

You might also like

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Ingo z’Abanyamulenge 5 n’izo zahungutse zisubira mu karere ko mu Cyohagati ya za Rwerera, zivuye mu Minembwe aho zari zimaze igihe zarahungiye nyuma y’intambara yayogoje aka karere, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Uku guhunguka ni ubugira gatatu kuko incuro ya mbere, byabaye ahagana mu mwaka w’ 2022, ariko baza kongera guhunga ubwo Twirwaneho yari mu bice byo kuri Nyamara, Kamombo na Mikarati, yagabwagaho ibitero bikaze n’ingabo za RDC zo mu itsinda rya Special Force ku bufatanye n’abarwanyi ba Maï Maï n’Interahamwe(FDLR).

Muri icyo gihe, ingo z’Abanyamulenge zari zarahungutse zabarigwaga mu mirongo, aho zaje kongera guhunga, zimwe zerekeza iya Minembwe, i Ndondo ya Bijombo, ndetse izindi za mbuka imipaka zigana i Rwanda, Burundi, Uganda na Kenya.

Ku ncuro ya Kabiri nanone, hahungutse Ingo zike zibarirwa mu icumi, ubwo hari muri uyu mwaka ushize, ariko baza kongera guhunga ku bwa Col Rugabisha wavuggaga rikijana muri brigade ya 12 yarebaga igice kinini cya karere k’i Mulenge.

Kuri iy’incuro rero, amakuru dufite n’uko muri iki Cyumweru dusoje, mu Kamombo hatashye ingo z’Abanyamulenge zitanu kandi zikaba zarahungutse ziva mu Minembwe.

Ndetse igitangaje ku Cyumweru tariki 25/08/2024, aha muri aka gace ka Kamombo abatashye bahakoreye n’igiterane cyo gushima Imana ko yongeye ku bacura mu karere k’i wabo, maze ngo haba umunezero udasanzwe.

Ni igiterane cyayobowe na Reverend Mupenda wo mu itorero rya 8ème Cepac, nawe uri mu bahungutse, nk’uko aya makuru abivuga.

Aya makuru kandi avuga ko atari Abanyamulenge bonyine bahungutse ngo kuko n’Abapfurelo nabo nuko, bo bari mu guhunguka berekera ahitwa mu Mizinga hatari kure ya Kamombo, ndetse usibye Mizinga hari utundi duce two mu Cyohagati Abapfulero barimo kubakamo amazu harimo kandi ko na Mikenke hafatwa nk’umuhana munini wo mu Cyohagati Ababembe n’Abapfurelo bari kuhubaka amazu cyane, nyuma y’uko himuriwe icyicaro gikuru cya Secteur ya Itombwe.

        MCN.
Tags: AbanyamulengeAbaturageguhungukaKamomboMu Cyohagati ya za Rwerera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails
Next Post
Ibura ry’amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo.

Ibura ry'amazi i Bujumbura riravuza ubuhuha, ndetse havuzwe ibyo abaturage bari gukoresha byo kwangiriza ubuzima bwabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?