• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru ava mu Mikenke aravuga uko umupolisi mukuru uhafungiwe yagerageje gutoroka.

minebwenews by minebwenews
January 4, 2025
in Regional Politics
0
Amakuru ava mu Mikenke aravuga uko umupolisi mukuru uhafungiwe yagerageje gutoroka.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ava mu Mikenke aravuga uko umupolisi mukuru uhafungiwe yagerageje gutoroka.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umupolisi mukuru ufunzwe na basirikare ba Congo mu Minkenke aheruka gutoroka kasho maze azagufatwa na Wazalendo, bituma ibyo ku mufunga birushaho gukara.

Mu mu mpera z’icyumweru gishize nibwo FARDC yafunze umupolisi mukuru warebaga mu Mikenke witwa Kalengalenga.

Ubwo yafatwaga n’abasirikare, batanze ibisobanuro ko yazize kuba avugana na Twirwaneho.
Twirwaneho ni abaturage bo mu bwoko bw’Abanyamulenge birwanaho.

Amakuru yo kuruhande avuga ko Kalengalenga mu gufatwa byavuye ku makimbirane ari hagati y’Abapfulero n’Ababembe, ni mu gihe Ababembe bifuza ko ahavanwa hagatumwa uwabo mu Bembe; Abapfulero nabo bavuga ko byanze bikunze azahaguma.

Kalengalenga ni umupfulero warerewe mu Barega, kandi akaba yarabyirukiye mu bice byo muri teritware ya Walungu muri Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko aya makuru abivuga ku wa kane w’iki Cyumweru turimo, bwana Kalengalenga yatorotse kasho yari afungiwemo mu Mikenke, ariko kubwamahirwe make aza gufatwa n’abarwanyi ba Maï-Maï bo mu bwoko bw’Abembe bakorera muri utwo duce.

Nyuma yo gufatwa, aya makuru akomeza avuga ko yahise agarurwa n’ubundi harya yarafungiwe, ariko ibyo kumufunga birushaho gukazaho umurego.

Byasobanuwe ko yahise ajanwa mu ndake zirimo amazi, aba arizo afungirwamo.

Nta byinshi igisirikare cyabitangajeho, usibye kumenyesha umuryango we ko bemerewe ku mugemurira, kandi ko bagikomeje kumukoraho iperereza kugira ngo hamenyekane ukuri.

Tags: KalengalengaMinkenke
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

FARDC yatakaje abayobozi ba komeye muri teritware ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?