• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
May 27, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Hamenyekanye ko ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ko riri gutegura kugaba ibitero mu mihana ituwe n’Abanyamulenge mu nkengero z’umujyi wa Minembwe uzwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Iki gice cy’i Mulenge giherereye muri Kivu y’Amajyepfo, kikaba kigizwe n’uduce turimo i Ndondo ya Bijombo, Bibogobogo, Rurambo n’i Cyohagati. Tumwe muri utu duce hari utubarizwa muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira.

Amakuru dufite akubiye mu butumwa bugufi bwanditse Minembwe Capital News yahawe kuri uyu mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, tariki ya 27/05/2025, aho twabuhawe n’umwe mu barwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho, bugaragaza ko FARDC, ingabo z’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR ko irimo gutegura kugaba ibitero ku Banyamulenge no kuri uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Ni ubutumwa bugira buti: “Umwanzi yaraje. Nibyo, turabizi. Gusa, asa nkukirimo yihuza kugira ngo azagabe ibitero mu nkengero za centre ya Minembwe.”

Uwahaye Minembwe Capital News ubu butumwa yavuze ko ari umwe mu bayobozi b’uyu mutwe wa Twirwaneho mu misozi miremire y’i Mulenge, ariko ko adashaka kumenyekana ku mpamvu ze bwite; yongeye ati: “Adui, ntarafata gahunda yo kudutera. Ikibigaragaza, ari mu kwidobetsa akaturasaho amakompola, akongera akiburishya. Ibyo ni bimenyetso bimwe.”

Yakomeje ati: “Dufite n’andi makuru atandukanye tugenda twakira. Hari avuga ko uyu mwanzi ashaka gufata umujyi wa Minembwe n’ikibuga cy’indege cyaho.”

Ku munsi w’ejo ku wa mbere, izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta zagabye igitero mu ishyamba rya Bijabo irirmo abarwanyi b’uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, nyamara aba barwanyi bagisubiza inyuma kandi barazirukana. Kuko bahungiye mu bice by’i Ndondo ya Bijombo biherereye mu ntera ndende uvuye muri iri shyamba rya Bijabo.

Iki gitero bakoze aha’rejo, cyaje gikurikira n’ubundi ibindi bari bagize iminsi bagaba byikurikiranya mu Mikenke na Rugezi mu cyumweru gishize ndetse n’icyo hirya yacyo.

Gusa, nubwo uru ruhande rwa Leta arirwo rushotora aba barwanyi, rukanabashotora rwarwabanje kubyitegurira, birangira uyu mutwe ubatsinze kubi.

Twirwaneho na M23 bigenzura uduce twinshi two muri iyi misozi y’i Mulenge, Rugezi, Minembwe, Mikenke, Rurambo n’igice kinini cyo mu Cyohagati.

Tags: IgiteroMinembweTwirwaneho
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Menya impamvu Kabila yasuye abasirikare bari i Rumangabo.

Menya impamvu Kabila yasuye abasirikare bari i Rumangabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?