• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru avugwa kuri Gen.Rushaba mu misozi ya Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
“Adui uri i Gakangala turamurasa naho ahandi yayabangiye ingata,” ibivugwa n’abari mu Minembwe.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru avugwa kuri Gen.Rushaba mu misozi ya Uvira.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Rushaba wahawe ipeti rya General ari hawe n’umutwe wa Mai-Mai ikorera mu misozi iri hejuru y’umujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, akaba ari nawe ubereye uwo mutwe umuyobozi mukuru, yiyunze kuri Twirwaneho, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa kuva mu ntangiriro z’uku kwezi turimo, nyuma yuko umvugizi w’uyu mutwe uyobowe na Gen.Rushaba abitangaje.

Icyo gihe uwo muvugizi yagize ati: “Ikibazo dufite ni Mai-Mai igikorera mukwahwa kwa Lt.Gen. Pacifique Masunzu na Justin Bitakwira umwungirije. Naho twe i grupe yo kwa Rushaba twiyunze kuri Twirwaneho ya Gen Charles Sematama.”

Yanzemo kandi ati: “Ubu tugiye kurwanya Leta ya perezida Felix Tshisekedi.”

Mu ntangiriro z’iki cyumweru turimo, ni bwo abarwanyi bashorewe na General Rushaba bitandukanyije n’umutwe wa Gumino uwo bari basanzwe bakorana byahafi, bava aho bari bari mu Gitoga bahita berekeza ahitwa mu Ifunda.

Aka gace ko mu Ifunda gaherereye hafi ya Kageregere irimo Twirwaneho na Gitoga iyasigayemo n’abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino bayobowe na Fureko uwo bavuga ko ari icyegera cya Nyamusaraba uyoboye uwo mutwe wa Gumino.

Ikitaramenyekana ni impamvu ituma uyu Rushaba adahita yiyunga ngo bavange abarwanyi b’uyu mutwe we n’aba Twirwaneho.

Kurundi ruhande bikavugwa ko yaba akirimo gushakisha ko uyu mutwe wa Gumino nawo wiyunga ku wa Twirwaneho, ndetse kandi hari abarwanyi be bataritandukanya n’abarwanyi bo muri uyu mutwe wa Gumino. Muri ubwo buryo akaba yanze kubasiga burundu.

Aya makuru nk’uko akomeza abivuga nuko Gumino yaha mu Gitoga yamaze kwivanga n’Imbonerakure z’u Burundi, cyo kimwe n’iri za Kajembwe ku Ndondo ya Bijombo ahari icyicaro gikuru cya Nyamusaraba.

Ariko kandi hari andi amakuru ataragenzurwa neza avuga ko uyu Nyamusaraba uyoboye uwo mutwe wa Gumino yaba ari i Bujumbura, aho bivugwa ko yagiye gushaka imbaraga (ibikoresho bya gisirikare), muri ubwo buryo bikaba ari yompamvu abarwanyi be bamaze kuba umwe n’Imbonerakure z’u Burundi zisanzwe zikorera muri Kivu y’Amajyepfo ku masezerano ari hagati ya perezida Felix Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yo mu mwaka wa 2022.

Hagataho, umubare w’abarwanyi bashoboye guhagurukana na General Rushaba ntuzwi neza, ariko bivugwa ko bashobora kuba babarirwa hagati y’ijana na mirongwitanu.

Tags: NyamusarabaRushaba
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Bitagira uko bisa, i Lundu bakiriye Brig.Gen. Sematama uzwi nk’Intare-Batinya n’Ingabo ayoboye.

Bitagira uko bisa, i Lundu bakiriye Brig.Gen. Sematama uzwi nk'Intare-Batinya n'Ingabo ayoboye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?