
Ubu mwijoro ryokwitariki 26.01.2023, amakuru twakiriye kuri Minembwe.capital.news, nuko Mumikenke ho muri Territory ya Itombwe, hatambutse Maïmaï ziri mumubare wabantu 75 zikaba zigiye gutega amateni n’imbunde kwa Mulima.
Ayamakuru yavuzwe ko harimodoka 20 ziri kwa Mulima za FARDC zigiye kwambika Maïmaï murwego rwogushakisha uko leta y’Ikinshasa irwanya abaturage b’Irwanaho.
№:08461262023MCN—/.