Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 23, 2025
in World News
0
Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya: Iran yateye ibirindiro by’ingabo z’Amerika.

You might also like

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Bidasubirwaho igisirikare cya Iran cyagabye igitero gikomeye ku birindiro by’ingabo za Leta Zunze ubumwe z’Amerika biherereye muri Qatar n’ibiri muri Iraq.

Ni amakuru yemejwe n’ibiro ntara makuru bya Iran, bizwi nka Tasnim, aho byanavuze ko iyo operasiyo yahawe izina rya “Annunciation of Victory.”

Amakuru avuga ko mu masaha make ashize humvikanye uguturika kw’intwaro zihambaye mu kigo cya gisirikare cya Amerika giherereye muri Qutar.

Ni iturika ryabaye nyuma gato Iran ivuze ko igiye kwihorera kuri America kandi ko izabangamira inyungu zayo mu buryo budasanzwe.

Bizwi ko iki kigo cy’ingabo za Amerika kiri muri Qatar kibarizwamo abasirikare bakabakaba ibihumbi icumi, gusa kugeza ubu ntiharamenyekana ibyangijwe cyangwa abapfuye.

Iran yagabye iki gitero mu gihe Amerika yari yasabye abaturage bayo baba muri Qatar kwitwararika ndetse ngo byashoboka bakajya mu bwihisho.

Hari nyuma y’aho ku munsi w’ejo hashize, Leta Zunze ubumwe z’Amerika zagabye ibitero ku bikorwa remezo bikora intwaro kirimbuzi bya Iran.

Icyo gitero, amakuru avuga ko cyasize gisenye ibigo bitatu birimo n’ikizwi ko cyari mu bikomeye.

Ubundi kandi ibyo bibaye mu gihe perezida Donald Trump yari yatangaje ko ngwasanga Abanya-Iran bakwiye guhirika ubutegetsi bwabo ni ba bwanze kujya mu biganiro ku bijyanye na porogaramu y’icyo gihugu ya nucléaire.
Ariko ngo we ku giti cye, ngwaracyifuza dipolomasi.

Nyamara kurundi ruhande bivugwa ko Iran mu kugaba iki gitero yagabye ku birindiro by’ingabo za Amerika muri Qatar, ngo yakoresheje ibisasu bitandatu byo mu bwoko bwa “misile ballestic.”

Byanatumye Qatar ifunga ikibuga cy’indege cyayo giherereye muri ibyo bice.

Tags: AmerikaIranMisile ballesticQatar
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

by Bruce Bahanda
June 24, 2025
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.

Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y'igitero Iran yagabye ku ngabo ze. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump nyuma y'aho Iran igabye igitero gikaze ku birindiro...

Read moreDetails

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n’igikuta.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta. Iran ibitero yagabye ku birindiro by'ingabo za Leta Zunze ubumwe z'Amerika muri Qatar, ntacyo byangije nk'uko amakuru ava muri...

Read moreDetails

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran.

Ibyifuzo Israel yari yahaye Amerika, kimwe muribyo cyamaze gusubizwa ku ntambara irimo na Iran. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yari yasabye Leta Zunze ubumwe z'Amerika ibintu bibiri,...

Read moreDetails

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho.

by Bruce Bahanda
June 22, 2025
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Intambara ya Israel na Iran yahinduye isura, Amerika yayinjiyemo bidasubirwaho. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zarashe kuri Iran bwa mbere mu gitero gikaze zayigabyeho zirasa ahantu hatandukanye ku bigo...

Read moreDetails

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

by Bruce Bahanda
June 21, 2025
0
Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi.

Perezida Putin ibyo yatangaje byatunguye benshi. Perezida w'u Burusiya, Vladimir Putin, yavuze ko Ukraine n'u Burusiya ko ari igihugu kimwe, kandi ko bidashobora gutandukanywa. Ni amagambo yatangaje ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Ibitero bya Iran ku ngabo za Amerika byahuye n'igikuta.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?