Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru mashya y’ingabo z’u Burundi zigiye kurwanya Abanyamulenge.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 25, 2025
in Regional Politics
0
Mu Burundi ubwoba ni bwose nyuma yaho intambara iri kubasatira iva muri RDC.
161
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya y’ingabo z’u Burundi zigiye kurwanya Abanyamulenge.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amakuru ava ku Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Epfo, avuga ko ingabo z’u Burundi zisanzwe zikorana n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo muri ibi bice byo ku Ndondo, zamanutse mu Cyohagati, bikavugwa ko zigiye kurwanya Twirwaneho y’Abanyamulenge.

Nk’uko iyi nkuru ibivuga izi ngabo z’u Burundi muri iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri, zavuye mu Rwumbuguza zerekeza mu bice byo mu Cyohagati.

Bikavugwa ko ahagana mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri nibwo zageze ahitwa Nyamara mu birometero bike uvuye mu gace ka Kamombo kwa Chef-Mututa.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko izi ngabo zigiye kurwanya Twirwaneho y’Abanyamulenge iheruka gufata ibigo bya FARDC bikomeye mu Minembwe na Mikenke, ndetse y’igarurira n’ibiro bya komine Minembwe. Ni mu ntambara yabaye mu cyumweru gishize.

Ubutumwa twahawe bugira buti: “Amakuru dufite hano mu Bijombo nuko mu ijoro ryaraye rikeye ingabo z’u Burundi zavuye mu Rwumbuguza ari nyinshi. Mu rukerera nibwo zageze kuri Nyamara. Ariko ubu zerekeje mu Kamombo. Umwanya uwo ari wo wose, zishobora gucyakirana na Twirwaneho.”

Kurundi ruhande Twirwaneho ikomeje kwirukana ingabo za Leta na Wazalendo, kuko nyuma y’aho ifashe mu Mikenke iyirukanyemo abarwanirira ubutegetsi bw’i Kinshasa yongeye gufata mu Gipupu ahazwi ko hari mu ndiri ikomeye y’abarwanyi ba Wazalendo.

Si aho honyine kuko hari utundi duce aba barwanyi ba Twirwaneho bigaruriye uyu munsi two mu Cyohagati.

Tags: BijomboIngabo z'u BurundiKamomboTwirwaneho
Share64Tweet40Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Abasirikare ba Fardc bishwe na Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?