• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru, bashize hanze avuga ifatwa rya basirikare ba M23 yiswe “baringa.”

minebwenews by minebwenews
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru, bashize hanze avuga ifatwa rya basirikare ba M23 yiswe “baringa.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 20/01/2024, berekanye Abasirikare icyumi na batatu(13) ba M23 bavugako bafatiwe mu mirwano icyo gisirikare gihanganyemo n’uwo mutwe.

You might also like

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Nk’uko bigaragara muri video ngufi umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yageneye Abanyamakuru, ivuga ko bariya basirikare bafatiwe mu mirwano ariko ntivuga agace imirwano yabereyemo.

Ni video igaragaza kandi ko M23 ya mbuwe n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda zo mu bwoko bwa Mortier n’imbunda nto zo mu bwoko bwa AK-47. Gusa ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 ntacyo baravuga kuri ay’amakuru avuga ku Ngabo zabo zafashwe mpiri.

Amakuru yakomeje gutangazwa n’imbuga z’itanga amakuru zo muri teritware ya Rutsuru avuga ko ibyo FARDC yashize hanze bidafite ishingiro ko ndetse ari “Amakuru y’ibihimbano.”

Urubuga rwa Rutsuru, rwagize ruti: “Ku ki FARDC itagaragaje aho bariya basore bafatiwe k’urugamba? Iriya nkuru FARDC yashize hanze ni Fake news.”

“Sibwo bwambere leta ya Kinshasa ikoresha abahungu bari Goma ikabaha ifaranga z’umurengera barangiza bakerekanwa mu itangaza makuru ko ari Ingabo za M23, zafashwe mpiri, mwabo wo gukanga Isi.”

Yakomeje agira ati: “Kuva imirwano y’ubura mu ntangiriro z’umwaka w’2021, FARDC n’abambari babo, ntibarambura M23 byibuze na santimetre imwe.”

K’u rundi ruhande amakuru atangwa n’abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, avuga ko nyuma yirahira rya perezida Félix Tshisekedi, ko u Mujyi wa Sake, wamaze kuzengurukwa n’inyeshamba za M23.

Ibi bibaye mu gihe iki Cyumweru turimo dusoza, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zakoresheje drone mu kurasa ibisasu biremereye mu baturage n’ahari ibirindiro by’ingabo z’u mutwe wa M23.

Ibisasu bivugwa ko byangirije amatungo y’abaturage harimo ko Inka zapfuye ndetse n’amazu menshi y’abaturage arasenyuka.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIfatwa rya basirikare ba M23Ryiswe baringaYashize hanze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yahuye n’urubyiruko rw’Abanyekongo bagaruka ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yahuye n'urubyiruko rw'Abanyekongo bagaruka ku mutekano w'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?