Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru, bashize hanze avuga ifatwa rya basirikare ba M23 yiswe “baringa.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 21, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC muri Kivu Yaruguru, bashize hanze avuga ifatwa rya basirikare ba M23 yiswe “baringa.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’Ingabo za FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, k’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 20/01/2024, berekanye Abasirikare icyumi na batatu(13) ba M23 bavugako bafatiwe mu mirwano icyo gisirikare gihanganyemo n’uwo mutwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bigaragara muri video ngufi umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yageneye Abanyamakuru, ivuga ko bariya basirikare bafatiwe mu mirwano ariko ntivuga agace imirwano yabereyemo.

Ni video igaragaza kandi ko M23 ya mbuwe n’ibikoresho byinshi by’agisirikare harimo imbunda zo mu bwoko bwa Mortier n’imbunda nto zo mu bwoko bwa AK-47. Gusa ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 ntacyo baravuga kuri ay’amakuru avuga ku Ngabo zabo zafashwe mpiri.

Amakuru yakomeje gutangazwa n’imbuga z’itanga amakuru zo muri teritware ya Rutsuru avuga ko ibyo FARDC yashize hanze bidafite ishingiro ko ndetse ari “Amakuru y’ibihimbano.”

Urubuga rwa Rutsuru, rwagize ruti: “Ku ki FARDC itagaragaje aho bariya basore bafatiwe k’urugamba? Iriya nkuru FARDC yashize hanze ni Fake news.”

“Sibwo bwambere leta ya Kinshasa ikoresha abahungu bari Goma ikabaha ifaranga z’umurengera barangiza bakerekanwa mu itangaza makuru ko ari Ingabo za M23, zafashwe mpiri, mwabo wo gukanga Isi.”

Yakomeje agira ati: “Kuva imirwano y’ubura mu ntangiriro z’umwaka w’2021, FARDC n’abambari babo, ntibarambura M23 byibuze na santimetre imwe.”

K’u rundi ruhande amakuru atangwa n’abaturage baturiye ibice byo muri teritware ya Masisi, avuga ko nyuma yirahira rya perezida Félix Tshisekedi, ko u Mujyi wa Sake, wamaze kuzengurukwa n’inyeshamba za M23.

Ibi bibaye mu gihe iki Cyumweru turimo dusoza, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zakoresheje drone mu kurasa ibisasu biremereye mu baturage n’ahari ibirindiro by’ingabo z’u mutwe wa M23.

Ibisasu bivugwa ko byangirije amatungo y’abaturage harimo ko Inka zapfuye ndetse n’amazu menshi y’abaturage arasenyuka.

Bruce Bahanda.

Tags: FardcIfatwa rya basirikare ba M23Ryiswe baringaYashize hanze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yahuye n’urubyiruko rw’Abanyekongo bagaruka ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, yahuye n'urubyiruko rw'Abanyekongo bagaruka ku mutekano w'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?