• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.

minebwenews by minebwenews
May 19, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku ntambara yabaye ku munsi w’ejo hashize yarihanganishije ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni imirwano yubuye igihe c’isaha z’igitondo cya kare, cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18/05/2024, aho ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye ibitero bikaze mu birindiro bya M23 biherereye muri teritware ya Masisi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ibi bitero by’i huriro ry’ingabo za RDC byagabwe mu gace ka Kashunga, Misinga na Ibunga. Ay’amakuru akavuga ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa nyuma yuko rigabye ibyo bitero kuri M23 maze nayo ikaza kwirwanaho yari kubise inshuro birangira rikwira imishwaro.

Ay’amakuru avuga kandi ko kugeza ubu M23 ikigenzura ibice bya Kashunga, Misinga na Ibunga, mu gihe iri huriro ry’ingabo za RDC zo zahungiye mu misozi iri hejuru y’ikigo cya Kashunga.

Nk’uko ay’amakuru akomeza avuga n’uko gihe iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariryo rigizwe n’Ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na Sadc, ryarimo rirwana urugamba rwohasi, ryageze naho rikoresha ibitero byo mu kirere rikoresheje indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoï-25. Ibitero by’i ndege bikaba byaragabwe mu gace ka Bitongo, gaherereye mur’iyi teritware ya Masisi, kandi bigabwa ahari hatuwe n’abaturage.

Ay’amakuru anavuga ko Sukhoï-25 itarashe mu mihana y’abatutage gusa, kuko yateye ibisasu bikaze, ibitera ahari haherereye ingabo z’u Burundi, biza kurangira abasirikare b’u Burundi barenga 30 bahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Ku rundi ruhande, muri iyi mirwano ikaze, M23 yafashe ibirindiro byinshi by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ahanini hafashwe ibyarimo FDLR na Wazalendo, mu gihe urugamba rwo ruheruka kubera muri Rwindi, Kanyabayonga, Vitshumbi na Kibirizi; uyu mutwe wa M23 wahatwikiye igifaru gikaze cya Fardc, ibasha no kwambura iri huriro ry’ingabo za RDC ubwato ryakoreshaga mu ntambara yo mu mazi.

Amasoko yacu kandi avuga ko M23 ko ya maze kugera mu misozi ya Burangiza, ko kandi igihe yamara gufata aka gace izahita ifunga umuhanda wa Minova na Kalungu, ho muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tubibutsa ko iy’i mirwano isa niyongeye guhindura undi murongo, ni mu gihe M23 yakomeje kugana i Kalehe, ari nako yambura ibikoresho by’agisirikare biremereye ibyambuye iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

            MCN.
Tags: IbyimbitseIhuriro ry'Ingabo za RDCIntambaraM23Riremererewe n'urugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

I Kinshasa ku murwa mukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?