Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 19, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru y’imbitse y’u rugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, n’uburyo iri huriro rikomeje kuruhuriramo na kaga gakomeye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyimbitse ku ntambara yabaye ku munsi w’ejo hashize yarihanganishije ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni imirwano yubuye igihe c’isaha z’igitondo cya kare, cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 18/05/2024, aho ihuriro ry’Ingabo za RDC zagabye ibitero bikaze mu birindiro bya M23 biherereye muri teritware ya Masisi, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Ibi bitero by’i huriro ry’ingabo za RDC byagabwe mu gace ka Kashunga, Misinga na Ibunga. Ay’amakuru akavuga ko iri huriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa nyuma yuko rigabye ibyo bitero kuri M23 maze nayo ikaza kwirwanaho yari kubise inshuro birangira rikwira imishwaro.

Ay’amakuru avuga kandi ko kugeza ubu M23 ikigenzura ibice bya Kashunga, Misinga na Ibunga, mu gihe iri huriro ry’ingabo za RDC zo zahungiye mu misozi iri hejuru y’ikigo cya Kashunga.

Nk’uko ay’amakuru akomeza avuga n’uko gihe iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariryo rigizwe n’Ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na Sadc, ryarimo rirwana urugamba rwohasi, ryageze naho rikoresha ibitero byo mu kirere rikoresheje indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoï-25. Ibitero by’i ndege bikaba byaragabwe mu gace ka Bitongo, gaherereye mur’iyi teritware ya Masisi, kandi bigabwa ahari hatuwe n’abaturage.

Ay’amakuru anavuga ko Sukhoï-25 itarashe mu mihana y’abatutage gusa, kuko yateye ibisasu bikaze, ibitera ahari haherereye ingabo z’u Burundi, biza kurangira abasirikare b’u Burundi barenga 30 bahasize ubuzima abandi benshi barakomereka.

Ku rundi ruhande, muri iyi mirwano ikaze, M23 yafashe ibirindiro byinshi by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ahanini hafashwe ibyarimo FDLR na Wazalendo, mu gihe urugamba rwo ruheruka kubera muri Rwindi, Kanyabayonga, Vitshumbi na Kibirizi; uyu mutwe wa M23 wahatwikiye igifaru gikaze cya Fardc, ibasha no kwambura iri huriro ry’ingabo za RDC ubwato ryakoreshaga mu ntambara yo mu mazi.

Amasoko yacu kandi avuga ko M23 ko ya maze kugera mu misozi ya Burangiza, ko kandi igihe yamara gufata aka gace izahita ifunga umuhanda wa Minova na Kalungu, ho muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tubibutsa ko iy’i mirwano isa niyongeye guhindura undi murongo, ni mu gihe M23 yakomeje kugana i Kalehe, ari nako yambura ibikoresho by’agisirikare biremereye ibyambuye iri huriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

            MCN.
Tags: IbyimbitseIhuriro ry'Ingabo za RDCIntambaraM23Riremererewe n'urugamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

I Kinshasa ku murwa mukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, umutekano wa hungabanyijwe ku buryo bukaze kuri iki Cyumweru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?