Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amakuru y’imvahonshya mu misozi miremire ya Rurambo, akarere kari karasenywe na Mai Mai ifatanije na Red Tabara.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inkuru y’imvahonshya kuri Rurambo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yuko akarere k’imisozi miremire ya Rurambo, kibasiriwe n’intambara zayogoje Uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, bivuye ku banzi ahanini bari ba hagarariwe na Red Tabara na Mai Mai zo mu bwoko bwa Bapfulero na Batwa .

Nimugihe aka karere kari kamaze gutera lmbere, muburyo Amashirahamwe nka Ebenezer n’indi mishinga, bari bamaze ku ka yoboka maze bu bakamo Amasomo i Bitaro ndetse aha hakaba hari hamaze kubakwa n’Umuhanda wavaga Uvira unyuze za Gatobwe.

Izi Nyeshamba zirimo izi komoka i Burundi n’imbere mu gihugu baje kugaba ibitero byagasenye abaturage barahunga bakwira ibihugu byose. Imihana irasenywa Rurambo i hinduka amatongo .

Aha niho Abaturage b’irwanaho(Twirwaneho), baje guhaguruka uyu mwanzi baramurwanya mu buryo bwose bushoboka, ku bwamahiwe umwanzi arahunga kurubu dore ishusho yaka karere urebeye kunshusho ya photo.

Umunyamakuru wa Minembwe Capital News, David Rukara yazengurutse aka karere kose dore ibyo yatubwiye: “Umwanzi yikojeje isoni ngo arasenya Rurambo! Ubu na karere wagira ngo ni Paradizo! bu batse imidugudu nawe wakwirebera ukurukije amashusho twabashe gufata.”

Yakomeje ati:

“1. Ep(Ishuri ry’ibanze) Kahororo rirahari, iri n’Ishuri ry’ubtswe na Eben ezer,”

“2. Ep kipimo lrahari nayo yariyarubaswe na Eben ezer,”

“3. Ep Bijojwe lrahari (y’ubatswe na Eben ezer ) irahari,”

“4. Ep Malungu yubaswe n’ishengero Eglise Vivante lrahari,”

“5. Ep Bibagwa ( y’ubatswe na Eben ezer),”

“6. Ep Mbundamo, iyi y’ubatswe na group Milima,”

“7. Institut Chanse( y’ubatswe na Groupe Milima irahari,”

“8. Institut kahororo ( y’ubatswe na TEAFAOD ) irahari.”

David Rukara, umu nyamakuru wa Minembwe Capital News, yakomeje yerekana i Bitaro bya Rurambo:

“1. Centre De Santé Kahororo ( yubaswe n’ishirahanwe AMI ) irahari,”

“2. Hôpital Bibangwa ( yubaswe na AMI ifatikanije na Gen Bisengimana ) ifite imiryango 21 nayo irahari,”

“3. Centre De santé Kitembe (y’ubatswe n’ishirahanwe AMI) nayo irahari,”

“4. Centre De santé Bijojwe (y’ubatswe n’ishirahanwe AMI) irahari.”

Yakomereje ku Makanisa(Amatorero):

“1. Amakanisa ya Gitoga aha harabiri (2):

Irya 37ème CADEC, Michingo na Centre Giitoga yariyobowe na Reverend Pastor MUYEHE, yavuze ko ni nzu ye igihari.”

“Amakanisa ya Gahororo yose aracyahari, ikanisa rya Bibangwa , Bijojwe, na Rurambo .”

Aha twinjiye mu Masoko agize aka gace.

Kurubu harema aya Masoko:

“1. Isoko ya Gatatu (3) iremera mu Gitoga, amoko yose aturiye akarere ka Rurambo, arema iyo Soko, aha twovuga Abanyarubuga, na bava Gahororo bose bayihuriramo.”

“2. Isoko ya Kabiri ( 2), iremera mu Rubuga, aka nagace uba werekera mu Bijojwe, Miki no muma kariyeri, uba ugana mu bibira byo muri teritware ya Itombwe.”

“3. Isoko ya Kane (4), iremera mu Buzuke, aho nimuri Gahororo .”

Harandi Masoko ahuza Rurambo n’ibice by’umushyashya wa Uvira:

“1. Isoko ya Runingu irema umunsi w’Iyinga(ku Cyumweru), ubu abaturage ba Gahororo nabandi bose batangiye kuyirema bacyiye inzira ya Gatobwe.”

“2. Isoko ya Rubanga, irema naka Zrimwe(kuwa Mbere), iremera ahitwa kumusozi wa Rubanga. N’isoko ihuza Abanyagahororo, Lemera, ndetse nava Bwegera, iyo nayo amoko yose akaba ayisangamo.”

Nkuko Minembwe Capital News yabwiwe, nuko abagize uruhare runini kugira ngo akarere ka Rurambo kongere kubakwe abashimirwa bambere ni Twirwaneho, umwami wa Bapfulero ba Plaine Dela Ruzizi ndetse namoko yose agize ibi bice: “Abanyamulenge, Abapfulero n’abandi.”

Tags: AmakuruAmashuriImvahonshyaInitaroRuramboTwirwaneho
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Inama yaberaga Kinshasa, y'igaga ku kibazo cya Etat de Siège, yarangiye ejo hashize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?