• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amakuru y’ukuri y’abasirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye kwica abaho

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 3, 2025
in Conflict & Security
0
Amakuru y’ukuri y’abasirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye  kwica abaho
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru y’ukuri y’a basirikare b’u Burundi bazamutse imisozi y’i Mulenge, aho bagiye kwica abaho

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Nyuma y’aho bigize iminsi bivugwa ko ingabo z’u Burundi ziri koherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bwinshi kuja kurimbura Abanyamulenge, bamwe mu babonye babihamije, ndetse herekanywe n’amashusho yabamwe muri abo basirikare.

Ni amakuru dukesha bamwe mu babiboneye, aho bagaragaza ko imodoka zaba basirikare zimaze iminsi itatu zikora ingendo, kuva mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Bavuga ko aba basirikare baba bitwaje intwaro ziremereye zirimo n’izishyirwa mu mudoka imbere.

Basobanuye kandi ko baba bagiye gufatanya na bagenzi babo bari ku rugamba na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu bice bitandukanye byo mu misozi miremire y’i Mulenge, ahamaze iminsi havugwa ibitero bikomeje guhitana inzirakarengane z’Abanyamulenge, zicwa na FARDC, Wazalendo bafatanyije n’abasirikare b’u Burundi.

Abatuye ahitwa i Buganda mu Burundi, bavuga ko babonye amakamyo arenga 30 ya gisirikare atwaye abasirikare bafite ibikoresho bihambaye.

Umwe muri abo baturage yabwiye itangazamakuru ati: “Bamaze iminsi banyura hano, kandi baba berekeje ku mupaka wa RDC n’ibikoresho bya rutura.”

Aya makuru akomeza avuga ko aba basirikare bari koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo, baba baturutse mu bigo bitandukanye bya gisirikare bikorerwamo imyitozo mu Burundi birimo icya Cishemere, n’icya Mubugu, ahamaze iminsi humvikana urusaku rw’imbunda rwinshi.

Amakuru kandi avuga ko muri aba basirikare b’u Burundi bari koherezwa muri Kivu y’Amajyepfo, barimo n’abahoze ari abasirikare bari barasezerewe ndetse n’abo mu itsinda ry’imbonerakure kimwe n’abakuwe mu mitwe y’inyeshyamba irwanya ubutegetsi bw’i Kigali mu Rwanda, ikorana byahafi na Leta y’iki gihugu cy’u Burundi.

Muri aba boherejwe, yavuze ko bagiye gutiza umurindi bagenzi babo bamaze igihe barwanira mu Minembwe no mu nkengero zayo bafatanyije na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo. Kandi ko bagamije kurasa Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange.

Usibye n’ibyo hagaragaye n’ifoto y’aba basirikare bazamuka imisozi y’inuka i Uvira bagana ku Ndondo ya Bijombo bakazabona kwerekeza mu Minembwe.

Igaragaza bakubise umurongo muremure, bazamuka ku musozi urimo urukenke rwinshi kandi rurerure.

Bamwe wabonaga bambaye igisivili, bikavugwa ko ari zo mbinerakure, mu gihe abambaye igisirikare bo ari abarangije ikosi y’igisirikare.

Tags: AbanyamulengeI MulengeIngabo z'u Burundi
Share40Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Uwateye ku Bilalombili no mu Rugezi yasubijwe inyuma

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?