Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amashirahamwe ategamiye kuri leta muri RDC ndetse na matorero basabye ko Komisiyo ishinzwe amatora yayategura muburyo bunoze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amashirahamwe ategamiye kuri leta ndetse nabagize Soseyete Sivile, i Kinshasa basabye ko amatora ateganywa muri RDC, ko agomba gutegurwa muburyo buboneye kandi mu mucyo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25/06/2023, saa 11:25Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Bwana Jean Bosco Lalo, visi-perezida, akaba n’umuvugizi w’imiryango itegamiye kuri leta muri RDC, yakoranye Ikiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, tariki ya 19/06/2023 i Kinshasa. Ni ikiganiro uyumuyobozi yavuze yihanangiriza abagize komisiyo yamatora ko bakwiye kuyategura neza kandi mumucyo unogeye bose.

Naho Kuruyu wa gatandatu, tariki ya 24/06, Abaporotesitanti n’Abagatolika b’Abalayiki, kimwe n’abaharanira inyungu z’abenegihugu ndetse n’abandi baharanira inyungu za rubanda bahamagariye Abanyekongo, gukangurira abantu muri rusange kuzakora amatora yizewe, yuzuye kandi akazakorwa mu mucyo.

Kuri uyu wa gatandatu, i Kinshasa, aba baharanira inyungu zarubanda babwiye itangazamakuru, ko hari gutegurwa amatora muburyo budasobanutse.

Kuri ibyo nk’uko iyi miryango itegamiye kuri Leta, ikomeza ivuga ko ari ukwikurira umutekano muke mugihigu.

Mubusanzwe RDC yakomeje kubamo umutekano muke bivuye kubwinshi bw’imitwe yitwara gisirikare ifitanye isano n’imitwe ya politiki, ndetse nimitwe y’inyeshamba ikomoka mumahanga.

Itangazo ryasomwe na perezida w’inama y’intumwa y’abalayiki mw’idini rya Eklezia gatolika bo muri Kongo (CALCC), Jean-Bosco Lalo, bityo basabye ko hagenzurwa igitabo cy’amatora kirimo ingingo zijanye namatora uko ategurwa.

“Twebwe abagatolika n’abaporotesitanti, CALCC na minisiteri y’abaporotestanti b’abalayiki (MILAPRO), imiryango itegamiye kuri Leta, imiryango y’abenegihugu, twifatanije nab’intumwa zabo mumatorero yagi Kristo muri Congo, Inyandiko yatangajwe na komite nyobozi ya ECC kuva Ku ya 21 kugeza ku ya 26 /02/2023) no mu nama y’Abepiskopi y’igihugu cya Congo (CENCO), (Ubutumwa bwanditse bwatanzwe n’inteko rusange ya 60 y’abepiskopi) busaba ko hagenzurwa igitabo cy’amatora hakaba n’abatangabuhamya, mbere yuko amatora aba.”

Jean-Bosco Lalo yongeyeho ati:

“Turasaba ko indorerezi z’amatora zemerwa mu gihe gikwiye, mu gihe twita ku gusobanura uburyo bwo kwemerera indorerezi mpuzamahanga. Turahamagarira amahanga gufasha inzira ishobora gutuma amatora ategurwa munzira nziza nokurushaho ko umutekano urushaho Kuba mwiza.”

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abapfakazi, batuye mu Bibogobogo, bahawe ubufasha bw'ibitenge, babuhawe n'a Pasteur Alexis Mudandi, utuye muri leta z'Unze Ubumwe Za Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?