• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amashirahamwe ategamiye kuri leta muri RDC ndetse na matorero basabye ko Komisiyo ishinzwe amatora yayategura muburyo bunoze.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amashirahamwe ategamiye kuri leta ndetse nabagize Soseyete Sivile, i Kinshasa basabye ko amatora ateganywa muri RDC, ko agomba gutegurwa muburyo buboneye kandi mu mucyo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 25/06/2023, saa 11:25Am, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Bwana Jean Bosco Lalo, visi-perezida, akaba n’umuvugizi w’imiryango itegamiye kuri leta muri RDC, yakoranye Ikiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, tariki ya 19/06/2023 i Kinshasa. Ni ikiganiro uyumuyobozi yavuze yihanangiriza abagize komisiyo yamatora ko bakwiye kuyategura neza kandi mumucyo unogeye bose.

Naho Kuruyu wa gatandatu, tariki ya 24/06, Abaporotesitanti n’Abagatolika b’Abalayiki, kimwe n’abaharanira inyungu z’abenegihugu ndetse n’abandi baharanira inyungu za rubanda bahamagariye Abanyekongo, gukangurira abantu muri rusange kuzakora amatora yizewe, yuzuye kandi akazakorwa mu mucyo.

Kuri uyu wa gatandatu, i Kinshasa, aba baharanira inyungu zarubanda babwiye itangazamakuru, ko hari gutegurwa amatora muburyo budasobanutse.

Kuri ibyo nk’uko iyi miryango itegamiye kuri Leta, ikomeza ivuga ko ari ukwikurira umutekano muke mugihigu.

Mubusanzwe RDC yakomeje kubamo umutekano muke bivuye kubwinshi bw’imitwe yitwara gisirikare ifitanye isano n’imitwe ya politiki, ndetse nimitwe y’inyeshamba ikomoka mumahanga.

Itangazo ryasomwe na perezida w’inama y’intumwa y’abalayiki mw’idini rya Eklezia gatolika bo muri Kongo (CALCC), Jean-Bosco Lalo, bityo basabye ko hagenzurwa igitabo cy’amatora kirimo ingingo zijanye namatora uko ategurwa.

“Twebwe abagatolika n’abaporotesitanti, CALCC na minisiteri y’abaporotestanti b’abalayiki (MILAPRO), imiryango itegamiye kuri Leta, imiryango y’abenegihugu, twifatanije nab’intumwa zabo mumatorero yagi Kristo muri Congo, Inyandiko yatangajwe na komite nyobozi ya ECC kuva Ku ya 21 kugeza ku ya 26 /02/2023) no mu nama y’Abepiskopi y’igihugu cya Congo (CENCO), (Ubutumwa bwanditse bwatanzwe n’inteko rusange ya 60 y’abepiskopi) busaba ko hagenzurwa igitabo cy’amatora hakaba n’abatangabuhamya, mbere yuko amatora aba.”

Jean-Bosco Lalo yongeyeho ati:

“Turasaba ko indorerezi z’amatora zemerwa mu gihe gikwiye, mu gihe twita ku gusobanura uburyo bwo kwemerera indorerezi mpuzamahanga. Turahamagarira amahanga gufasha inzira ishobora gutuma amatora ategurwa munzira nziza nokurushaho ko umutekano urushaho Kuba mwiza.”

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Abapfakazi, batuye mu Bibogobogo, bahawe ubufasha bw'ibitenge, babuhawe n'a Pasteur Alexis Mudandi, utuye muri leta z'Unze Ubumwe Za Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?