Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 28, 2025
in Conflict & Security
0
Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amashya avugwa mu Rurambo yanabayemo agasenyaguro ku za Tshisekedi.

You might also like

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku munsi w’ejo ku wa kabiri tariki ya 27/05/2025, zahuye n’agasenyguro nyuma y’aho zisakiranye n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 mu misozi ya Rurambo.

Bikubiye mu makuru dukesha abaturiye iki gice cya Rurambo cyabereyemo imirwano ikomeye ariko iba akanya gato, nk’uko babibwiye Minembwe Capital News.

Ni imirwano yabaye ejo ku wa kabiri isaha zirindwi z’amanywa, aho yabereye neza mu gace kitwa mu Majaga ho muri Localite ya Gahororo mu Rurambo teritware ya.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “Gahororo mu gace kayo kitwa mu Majaga, ejo habereye imirwano ikomeye. Gusa yabaye akanya gato hagati ya Twirwaneho n’ihuriro ry’ingabo za Congo.”

Ubu buhamya bukomeza buvuga ko uruhande rwa Leta rwayitakarijemo abasirikare bayo benshi ndetse banayamburirwamo imbunda ziremereye zirimo iya Mashin Gun n’izindi nyoya zo mu bwoko bwa AK-47.

Ati: “Twirwaneho yafashe Mashin Gun naza esemuji zitatu.”

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko umu Mai Mai ufite ipeti rya General ko yaba yaraguye muri iyo mirwano witwa Rukemeta nubwo andi makuru avuga ko yakomeretse gusa.

Iyi mirwano yabaye ku munsi w’ejo ku wa kabiri, ije ikurikira Indi yabaye mu cyumweru gishize aho yo yabereye mu duce twa Kageregere no mu nkengero zatwo.

Kugeza ubu uyu mutwe wa Twirwaneho uracyagenzura hafi igice cyose cya Rurambo nubwo Ingobo z’u Burundi n’iza FARDC n’umutwe wa Gumino zifite utundi duce zibarizwamo.

Tags: ImirwanoMajagaRuramboTwirwaneho
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Leta y’i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu.

Leta y'i Kinshasa yagaragaje ko igiye kugarura amahoro mu Burasirazuba bw'igihugu. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye gukora ibishoboka byose kugira ngo igarure amahoro...

Read moreDetails

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Impaka zadutse ku masezerano ya Doha hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'aho AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa bishyize umukono ku masezerano y'amahoro, izi mpande zombi zahise zitangira...

Read moreDetails

Imirwano ikomeye hagati y’Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zagaruye Inka zari zanyazwe.

Imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na AFC/M23 nyuma y'isinywa ry'amasezerano. Nyuma y'amasaha make gusa, Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, bishyize umukono...

Read moreDetails

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Batatu bashinjwa gutera inkunga ADF bafatiwe ibihano bikakaye.

Muri RDC Wazalendo bishe Umuyobozi. Umuyobozi w'urubyiruko rwo muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, yishwe arashwe na barwanyi bo mu ihuriro rya Wazalendo bakorana byahafi...

Read moreDetails

Rdc iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Haratutumba intambara ikomye, nyuma y’amakuru avugwa ku ngabo zavuye i Kalemi.

RDC iracyakomeje umugambi wo kugaba ibitero ku Banyamulenge. Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y'aho ishyize umukono ku mahame ayiganisha ku masezerano y'amahoro, ikomeje umugambi wo kohereza abasirikare...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy’umutekano muke muri RDC.

Iby'inama yahuriyemo abayobozi batandukanye ku kibazo cy'umutekano muke muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?