• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amateka y’intambara yahawe Iz’ina “Operation Entebbe,” cyangwa “Operation Yonatan.”

minebwenews by minebwenews
July 4, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amateka ya Isiraheli, muri Operation ya Entebbe (Operation Yonatan).

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’Itariki 05/07/2023, saa 1:00Am, kumasaha ya Bukavu n’a Minembwe.

Operation Yonatan, izwi kandi kw’izina rya Operation Entebbe, bwari ubutumwa bugiye gukorwa n’ingabo za Isiraheli (IDF) kumabwiriza ya Leta ya Israeli. Nigikorwa cakozwe mukwezi kwa Gatandatu(6) umwaka wa1976.

Intego y’iyi operation kwari ugutabara abantu ba Israel bagera ku 117 bari bashimuswe nabagize abanzi ba Israel (Abadage) maze baza guhabwa ubufasha na leta ya Uganda yomuricyogihe barangije babafungira muri Uganda. Operation Yonatan, Ni Operation yahaye indi sura nshashya Igihugu cya Israel ndetse igafatwa nk’imwe muntwaro z’ikomeye z’igisirikare cya Isiraheli ndetse no kwisi hose.

Iyo Operation yanagize ingaruka nziza kugisirikare cya Israel kuko cyahise cyubahwa nabugingo nubu.

Nu butumwa bwakozwe ahantu hari ibilometero birenga 2.300 Israeli n’a Uganda ariko birangira habaye gutabara abari bagizwe imbohwe.

Muri icyo gikorwa, batatu(3) mubari bafashwe bugwate barapfuye.

Lt Col Yonatan (Yoni) Netanyahu, wari umuyobozi wa “Sayeret Matkal” bivuze KO ariwe waruyoboye umutwe w’ingabo zidasanzwe zishinzwe iperereza, mungabo za Israel (IDF), yiciwe muriyo Operation arinaho havuye ko iyo Operation bayimwitirira uyu akaba yaravukana na Minisitiri Benjamin Netanyahou. Buri tariki 27/06, baramwibuka zaburi mwaka.

Indege ya Air France yari itwaye abagenzi 248 hamwe n’abakozi 12 bari mu nzira iva ku kibuga cy’indege cya Ben-Gurion yerekeza i Paris ubwo yari ishimuswe, muri Atenayi, abo mwitsinda ryabaterabwoba 4 binjiye imbere mu ndege, 2 muri bo bari Abadage bifatanya n’abitwa aba Revolutionary, n’Abarabu 2 b’umutwe uharanira kubohoza Palesitine (PFLP-EO).

Nyuma yo guhaguruka, abo mumutwe w’iterabwoba bayobeje indege berekeza inzira yerekeza i Benghazi, muri Libiya, maze bongera lisansi mundege ndetse hari n’abandi bo mumutwe witerabwoba 3 bafatikanije nabo bomugihugu cya Libiya.

Indege yashimuswe bahise ba yerekeza ku kibuga gikuru cy’indege cha Uganda Entebbe.

Abatari Abayahudi cyangwa se Abisrael bararekuwe, abarekuwe batari Abayahudi barabantu 105, abasigaye b’Abayahudi, bajyanywe mu Uganda gufungirwayo.

Tariki 29/06/1976, abashimuse indege basabye ko kapiteni w’indege n’abakozi be barekurwa, ariko bahitamo kugumana n’aba Yahahudi gusa(Abisrael), Perezida wa Uganda, Idi Amin Dada, yashyigikiye ibyo byihebe kandi akorana nabo ibiganiro ndetse yongera nokuganira n’a leta ya Israel.

Aba bomumutwe w’itera bwoba berekanye ultimatum basaba ko imfungwa zabo 50, zifungiwe muri Israeli bafungurwa bitarenze ku ya 1/07/1976, bitabaye ibyo aba bari bajyanywe bunyago bose ngobicwe.

Nyuma gato igihe ntarengwa cya ultimatum cyongerewe kugeza ku ya 4/07.

Maze leta ya Israel yaje kwemeza gukora Operation kabuhariwe igamije kubohora abantu babo bari bashimuswe. Iyo Operation yabanjye kwitwa “Inkuba.”

Ubwo abashimuswe bari bamaze Icyumweru kimwe, maze mu ijoro ryo ku ya 4/07/, indege zine 4 zagisirikare cya Israel zirwanira mu kirere zituye ku kibuga cy’indege cya Entebbe homuri Uganda.

Ingabo za Israel bari mumubare wabantu 176 hamwe n’abayobozi ba Sayeret Matkal, ndetse na Paratrooper yomungabo za IDF, hari kandi n’a Brigade y’abasirikare ba Golani.

Hakaba nabandi barimo bakoresha imodoka ya Mercedes-Benz isa niya Perezida Idi Amin, Imodoka yamanuwe mu ndege hanyuma igana ahari nyubako yari ifungiwemo Abisrael. Ubwo nibwo Lt Col Yonatan Netanyahu yararashwe ahita apfa ubwo baribatangiye kurasanaho n’abasirikare ba Uganda. Muburyo butunguranye abasirikare ba Israel bagendesheje amaguru maze bafata abari bashinzwe kurinda gereza bose gusa murako kanya hishwe abashimuswe(Abisrael) batatu, abandi 6 barakomereka.

Umugore w’imyaka 75 nawe wari mubashimuswe wari woherejwe mu bitaro byaho mbere y’uko ubutumwa bw’ubutabazi butangira yarishwe kwitegeko rya Perezida Idi Amin.

Abakoze igikorwa cyo gushimuta Abisrael bose ndetse n’abasirikare bagera kuri 20 bo muri Uganda baguye muriyo Operation. Maze abari bagizwe imbohwe bimuriwe mu ndege y’Ingabo za Israel byihutirwa, bajyanwa muri Israeli, bakirwa n’imbaga y’abantu benshi maze Israel haba ibyishimo bitigeze biba nikindi gihe.

Maze abize batangira kwandika ibitabo hakorwa nububiko bwizo nyandiko, haba nogufata amashusho yuwo munsi ndetse haba nogutanga ubuhamya burimo namarangamutima y’ibyishimo.

Ibi twabikuye mukinyamakuru Israel Forever Fondation.

Tags: EntebeIDFIsraelOperation YonatanUganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Habaye gutana mumitwe hagati ya baturage ba Masisi, n'ingabo z'u Burundi zirimubutumwa bwamahoro muburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?