• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 22, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 29, 2025
in Regional Politics
0
Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amatora aheruka kuba i Burundi yanenzwe bikomeye.

You might also like

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

L’oni yasabye ko amatora y’abadepite n’abayobozi ba makomine aheruka kuba mu gihugu cy’u Burundi asubirwamo, ngo kuko yabayemo uburiganya bukabije.

Aya matora y’abadepite n’abayobozi ba makomine yabaye i Burundi ku itariki ya 05/06/2025, ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD riyatsinda ijana ku ijana.

Bitandukanye no mu mwaka wa 2020, kuko ho iri shyaka rya CNDD-FDD ryayatsinze kuri 68% mu gihe mu mwaka wa 2015 ryagize amanota 60%.

Nyuma y’aya aheruka mu byumweru bibiri bishize, amashyirahamwe ategamiye kuri Leta yanenze ibyayavuyemo, ndetse kandi yamaganwa n’abarimo umunyapolitiki uzwi cyane muri iki gihugu cy’u Burundi, Agatho Rwasa. Uyu Rwasa yavuze ko atari amatora ahubwo ko yari agakino ka CNDD-FDD.

Ibi kandi byamaganwe n’ intumwa idasanzwe ya L’oni mu Burundi, Fortune Gaetan Zongo, wasabye ko ariya matora asubirwamo.

Ibi yabitangarije mu kanama ka L’oni mu nama yako yabaye muri iki cyumweru turimo, aho yasobanuye ko ibyabaye atari amatora ahubwo ko byari ibindi.

Anenga kandi ko n’abagerageje kwerekana utunenge twayabayemo abari bahagarariye komisiyo ishinzwe ariya matora itabihaye agaciro. Ubundi kandi agaragaza ko ibyayavuyemo byakuruye umwuka mubi hagati mu gihugu no muri politiki yacyo.

Yavuze kandi ko ngo nubwo aya matora atabayemo guhungabana mu buryo bw’umutekano, ariko ngo habaye gutera abantu ubwoba babaga baje gutora bagategekwa uwo batora.

Iyi ntumwa ya L’oni mu Burundi yakomeje ivuga ko ibyo ibona nk’umuti ari uko amatora yongera gutegurwa bundi bushya, maze hakaba amatora yizewe na bose. Isoza ivuga ko ibyo n’ibikorwa gutyo, bizatuma buri wese yiyumva ubuyobozi buriho.

Tags: 2025AmatoraBurundiLoni
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi yerekanye...

Read moreDetails

Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Uwanze kumva ntiyanze no kubona.

Uwanze kumva ntiyanze no kubona. Umusesenguzi Girinka William Kabare uwo twaherukaga kuri Minembwe Capital News mu ntangiriro z'uyu mwaka yongeye kugaruka, maze avuga ko avuga kuri Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

Amerika yikomye umutwe wa M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?