• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Moscow ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Burusiya abatora berekeje hirya no hino mu matora y’umukuru w’igihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 17/03/2024, mu Burusiya batoye bwa nyuma mu matora yari agenwe kuba iminsi itatu.

Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya The Moscow Times, avuga ko ahagana isaha ya saa kumi nebyiri z’u mugoroba ku masaha yo mu Burusiya, abantu ibihumbi by’Abascovite bagiye mu mashuri akoreshwa nk’ahantu ho gutorera, kugira ngo berekane ko batishimiye amatora.

Ni mu gihe Kreml yo ishaka gukoresha amatora yo mu 2024 nk’aho Abarusiya bose bari inyuma ya perezida Vradimir Putin, ndetse ko kandi bashigikiye n’igitero kimaze imyaka ibiri cyarateye Ukraine, nyuma y’uko Putin yari amaze guhanagura abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.

Kuri iki Cyumweru abadashigikiye kandidatire ya Putin bahagaze ku mirongo miremire maze bagatera urusaku bavuga ko batishimiye Vradimir Putin, nk’uko iy’inkuru ivugwa nakiriya gitangaza makuru cya The Moscow Times.

Bamwe muri abo batari bashigikiye kandidatire ya Putin, babwiye umunyamakuru wa The Moscow Times, ati: “Uraho neza? Ntabwo njye nari niteze ko haza abantu benshi kuko sinarinzi ko hari abashigikiye Putin. Waba umuntu ukunda amahoro ugashigikira umwicanyi?”

Uyumunsi niwo wanyuma ku matora ari mu Burusiya yatangiye ku wa Gatanu, bikaba byitezwe ko Vradimir Putin aza kwegukana insinzi muri manda ye, igira gatanu.

Perezida Vradimir Putin amaze imyaka 24 ayoboye iki gihugu cy’u Burusiya.

Abahatanira kuyobora igihugu cy’u Burusiya, ni Vladislav Davankov wo mu ishyaka rya New People, Leonid Slutsky uva mu ishyaka rya demokarasi (LDPR), na Nicolai Kharitonov wo mu ishyaka rya gikominisiti. Tu tibagiwe na Vradimir Putin.

Ubuhamya bwatanzwe n’indorerezi nk’uko ikinyamakuru cya The Moscow Times cyabitangaje, buvuga ko “ku biro by’amatora hagiye hagaragara abantu benshi ngo basa nk’aho bararitswe kuza gutora, kandi ngo byagaragara ko bashigikiye Vradimir Putin.”

Perezida Vradimir Putin, akaba yegukanye insinzi ku majwi 87%.

            MCN.
Tags: AmatoraU BurusiyaVradimir Putin
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umurwanyi wa FDLR yafatiwe mu Rwanda, agiye kureba abana be n’umugore.

Umurwanyi wa FDLR yafatiwe mu Rwanda, agiye kureba abana be n'umugore.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?