• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika n’u Burayi byaba bigiye kurangiza intambara muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2025
in World News
0
Amerika n’u Burayi byaba bigiye kurangiza intambara muri Ukraine.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika n’u Burayi byaba bigiye kurangiza intambara muri Ukraine.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zatangiye ibiganiro hamwe n’ibihugu bihuriye mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi, bigamije kurebera hamwe uko intambara muri Ukraine yahagarara.

Ni nyuma y’aho perezida w’Amerika Donald Trump yohereje intumwa ye yihariye, Steve Witkoff hamwe na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Amerika, Marco Rubio mu biganiro i Paris mu Bufaransa ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 17/04/2025.

Ibi biganiro babihuriyemo n’abagenzi babo bo mu bihugu by’i Burayi, bikaba bigamije kwigira hamwe umuhate wo kurangiza intambara muri Ukraine.

Aya makuru anavuga ko byanitabiriwe kandi na minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Ukraine aho yari yaherekejwe na minisitiri w’ingabo wo muri icyo gihugu.

Muri ibyo biganiro, abadipolomate b’i Burayi bavuze ko umugabane wabo bazahatira Leta Zunze ubumwe z’Amerika gukomeza kotsa igitutu u Burusiya kugira ngo bwemere agahenge nta yandi mananiza.

Umwe muri abo bategetsi bo mu Burayi yabwiye itangazamakuru ati: “Turashaka ko Amerika ikoresha inkoni mu gucyaha u Burusiya bwemere agahenge.”

Ibikorwa bikomeje byo gushaka kugera ku gahenge birimo kuba mu gihe mu minsi ishize u Burusiya bwagabye igitero cya Misili mu mujyi wa Samy muri Ukraine cyisha abantu n’ibura 35 gikomeretsa abandi 117.

Ni mu gihe kandi mbere muri uku kwezi kwa kane, abantu nibura 18 biciwe mu gitero mu gace gatuwemo ko mu mujyi wa Kryvyi Rih muri Ukraine.

Ku wa gatatu nijoro, abategetsi bo muri Ukraine bavuze ko igitero cy’indege nto y’intambara itajyamo umupilote cyishe abantu batatu, barimo n’umukobwa muto, mu mujyi wa Dnipro muri Ukraine.

Byavuzwe ko intumwa ya perezida wa Amerika na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’iki gihugu uwo barikumwe muri urwo ruzinduko, mbere yuko bahura n’abanyaburayi barimo minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Bwongereza Lammy namugenzi we w’u Bufaransa n’uw’u Budage barimo kandi n’abajyanama ku by’u mutekano mu muryango w’i Burayi, barabanza babonane na perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa.

Minisiteri y’ubanye n’amahanga ya Leta Zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko uwo mubonano wibanda cyane ku ntambara muri Ukraine.

Mbere yuko Donald Trump yongera gutorwa kuyobora Amerika, mu mwaka wa 2023, yari yatangaje ko mu gihe yoramuka yongeye gutorerwa kuyobora Amerika, ashobora kurangiza intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine mu masaha 24 gusa.

Ubutegetsi bwe bwakoze ku kunoza cyane umubano wabwo n’u Burusiya, mu gihe ubwo butegetsi bushaka kugeza ku gahenge hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Mbere, Zelensky wa Ukraine yaburiye ko Ukraine itazemera amasezerano y’amahoro niba itayagizemo uruhare.

Nyamara kandi u Bushinwa hagati ya Trump na Zelensky buri ku kigero cyo hejuru kuva Trump ateranye amagambo na perezida Zelensky, ni mu gihe Trump yamucyahaga kukuba ataratangiye ibiganiro by’imishikirano n’u Burusiya.

Tags: AmerikaU BurayiUkraine
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’umucancuro wemereye ubutegetsi bw’i Kinshasa kuburindira ibirombe by’amabuye y’agaciro.

Iby'umucancuro wemereye ubutegetsi bw'i Kinshasa kuburindira ibirombe by'amabuye y'agaciro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?