• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Amerika yagize icyo yizeza ku gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Amerika yagize icyo yizeza ku gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa RDC.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagize icyo yizeza ku gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa RDC.

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Massad Boulos, umujanama mukuru wa perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump ku bibazo byo muri Afrika yavuze ko igihugu cye cyiyemeje kugira uruhare mu gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa Congo.

Byashyizwe hanze na perezidansi ya RDC, aho yagaragaje ko umujanama mukuru wa Trump ku bibazo byo muri Afrika, Massad Boulos yabagaragarije ko Amerika yifuza kubona RDC igera ku mahoro arambye, kandi ikabigiramo uruhare.

Ni mu gihe uyu munyacyubahiro ari muruzinduko mu karere kuva ku wa kane. Ubwo yaganira n’abategetsi ba Leta y’i Kinshasa, nk’uko perezidansi ibigaragaza.

Yagize ati: “Turifuza amahoro arambye yemeza ubusugire bw’ubutaka bwa Congo, mu gihe dushyiraho ubusugire bw’ubukungu bwa karere butera imbere. Uyu mubano ufite amahirwe menshi, kandi twishimiye umwanya wo kuganira ku nzira igana imbere na bagenzi bacu hano i Kinshasa.”

Amakuru avuga ko uyu mujyanama wa perezida Trump, i Kinshasa yakiriwe na perezida Felix Tshisekedi aho yaraherekejwe n’umunyamabanga wa Leta wungirije ushinzwe ibibazo bya Afrika, na Dan Dunham, umuyobozi w’inama y’umutekano y’igihugu ishinzwe Afrika.

Nyuma yo kumwakira, ibiganiro byabo byibanze ku ntambara iri kubera mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Ubundi kandi banaganiriye no ku masezerano yerekeranye n’amabuye y’agaciro hagati ya RDC n’Amerika.

Kuri aya masezerano, Boulos yavuze ko igihugu cyumvikanye na RDC inzira iganisha ku iterambere.

Ati: “Twasuzumye iki cyifuzo, kandi nshimishijwe no kubamenyesha ko njye na perezida twumvikanye ku nzira igana ku iterambere. Ntegerezanyije amatsiko gukorana na perezida Felix Tshisekedi n’itsinda rye kugira ngo habeho umubano mwiza ugirira akamaro Abanye-Congo ndetse n’Abanya-Merika. Dufite intego yo gushimangira ishoramari n’abikorera bo muri Amerika muri RDC, cyane cyane mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, kugira ngo tugire uruhare mu iterambere ry’ibihugu byacu.”

Hejuru y’ibyo yashimangiye ko amasosiyete y’Abanyamerika yiteguye gushinga imizi muri RDC mu rwego rwo kuzamura ubukungu bw’akarere.

Nyuma ya Kinshasa, Boulos yerekeje i Kigali mu Rwanda, n’i Nairobi muri Kenya na Uganda, nk’uko bigaragara muri gahunda y’uruzinduko rwe yatangajwe na minisiteri y’ubanye n’amahanga y’Amerika.

Tags: AmerikaIntambaraRdcYizeje
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails
Next Post
America has made a commitment to resolving the on going conflicts in the Eastern part of the DRC.

America has made a commitment to resolving the on going conflicts in the Eastern part of the DRC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?