• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
155
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kujya mu biganiro n’umutwe wa M23, nk’inzira imwe yonyine yatuma Congo igera ku mahoro arambye.

Ni byo Amerika yatangaje ahar’ejo tariki ya 15/01/2025 ubwo yagarukaga kuri raporo y’impuguke z’umuryango w’Abibumbye kuri Congo zasohoye mu mpera z’u mwaka ushize.

Iyo raporo ishinja ingabo z’u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ikanashinja ingabo za Congo gukomeza ubufatanye n’umutwe witwaje imbunda wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda.

Amerika yagize iti: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziranamagana ibyo raporo igaragaza nk’ubufatanye bwapanzwe hagati y’ingabo za RDC n’umutwe wa FDLR wafatiwe ibihano na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na LONI.”

Yakomeje igira iti: “Turasaba cyane abategetsi ba RDC ko iyi mikoranire ihita ihagarara, kandi twishimiye ko Leta ya Kinshasa yemeye gukorana na MONUSCO mu gushyira mu bikorwa gahunda yo gusenya FDLR hubahirizwa byimazeyo amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu.”

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanye n’amahanga y’Amarika, Matthew Miller, yasabye RDC kujya mu mishyikirano na M23 nk’inzira yatuma ibona amahoro.

Amerika kandi yavuze ko nta nzira iganisha ku mahoro ishobora kubaho muri RDC hatabaye ibiganiro hagati ya Leta ya Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro irimo m23.

Amerika yongeye kuvuga ibi mu gihe yari imaze iminsi yotsa igitutu umutwe wa M23 guhagarika intambara ndetse ikanava mu duce twose yafashe.

Hagataho nta kiramenyekana ko Leta ya Kinshasa yemera kuja mu biganiro n’umutwe wa M23.

Usibye ko Amerika yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa guca bugufi ubundi bugatangira gushyikirano n’uriya mutwe.

Tags: AmerikaM23Rdc
Share62Tweet39Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Lt Col Willy Ngoma yahaye urwamenyo abavuga ko yapfuye.

Lt Col Willy Ngoma yahaye urwamenyo abavuga ko yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?