• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2025
in Regional Politics
0
Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
155
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yahinduye imvugo ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabye ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kujya mu biganiro n’umutwe wa M23, nk’inzira imwe yonyine yatuma Congo igera ku mahoro arambye.

Ni byo Amerika yatangaje ahar’ejo tariki ya 15/01/2025 ubwo yagarukaga kuri raporo y’impuguke z’umuryango w’Abibumbye kuri Congo zasohoye mu mpera z’u mwaka ushize.

Iyo raporo ishinja ingabo z’u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23, ikanashinja ingabo za Congo gukomeza ubufatanye n’umutwe witwaje imbunda wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda.

Amerika yagize iti: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ziranamagana ibyo raporo igaragaza nk’ubufatanye bwapanzwe hagati y’ingabo za RDC n’umutwe wa FDLR wafatiwe ibihano na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na LONI.”

Yakomeje igira iti: “Turasaba cyane abategetsi ba RDC ko iyi mikoranire ihita ihagarara, kandi twishimiye ko Leta ya Kinshasa yemeye gukorana na MONUSCO mu gushyira mu bikorwa gahunda yo gusenya FDLR hubahirizwa byimazeyo amategeko mpuzamahanga arengera ikiremwamuntu.”

Umuvugizi wa minisiteri y’ubanye n’amahanga y’Amarika, Matthew Miller, yasabye RDC kujya mu mishyikirano na M23 nk’inzira yatuma ibona amahoro.

Amerika kandi yavuze ko nta nzira iganisha ku mahoro ishobora kubaho muri RDC hatabaye ibiganiro hagati ya Leta ya Kinshasa n’imitwe yitwaje intwaro irimo m23.

Amerika yongeye kuvuga ibi mu gihe yari imaze iminsi yotsa igitutu umutwe wa M23 guhagarika intambara ndetse ikanava mu duce twose yafashe.

Hagataho nta kiramenyekana ko Leta ya Kinshasa yemera kuja mu biganiro n’umutwe wa M23.

Usibye ko Amerika yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa guca bugufi ubundi bugatangira gushyikirano n’uriya mutwe.

Tags: AmerikaM23Rdc
Share62Tweet39Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Lt Col Willy Ngoma yahaye urwamenyo abavuga ko yapfuye.

Lt Col Willy Ngoma yahaye urwamenyo abavuga ko yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?