Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y’ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Amerika, yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbirane aba yavutse hagati y’ibihugu byo mukarere ahanini u Rwanda na RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatangaje ko zikomeje ibiganiro bimara umwuka mubi urihagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni bya vuzwe na Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, aho yemeza ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika zidahwema kuganiriza Abayobozi b’ibihugu byombi mu kugarura umubano umaze igihe kitari kinini ubaye mubi.

K’u wa Kane, itariki ya 25/01/2024, Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, yakiriwe na Perezida w’umutwe w’Abadepite, m’u Rwanda, Mukabalisa Donatille uvuga ko bagiranye ibiganiro byagarutse ku ngingo zinyuranye zirimo ibijyanye n’umutekano by’umwihariko wo mukarere no kurushaho guhamya ubufatanye.

Yagize ati: “Twishimiye umubano mwiza hagati y’Amerika n’u Rwanda, umubano ushingiye kuri byinshi, ku bufatanye, ku butwererane mu bice byinshi, ubukungu, ubucuruzi, ubushoramari n’ibindi.”

Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yanavuze ko i gihugu cye, kizakomeza guharanira ko umubano w’u Rwanda na RDC, uba mwiza hifashishijwe diplomacy.

Yagize ati: “Mu byu kuri nishimiye amahirwe yo kwigira byinshi ku nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, bigamije ubufatanye hagati y’inteko yacu n’iy’u Rwanda ifite ibyo twabigiraho.”

Yakomeje agira ati: “Ku birebana n’umutekano mu karere, murabizi ko Amerika ibikora munzira ya Diplomacy, rero niyo nzira ikomeje hamwe n’inshuti zacu z’u Rwanda n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo.”

Ibi bikozwe mugihe mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yari yavuze ko yavuganye na perezida wa RDC n’uwu Rwanda, bagaruka ku mwuka mubi wari hagati y’ibyo bihugu byombi, aho ku mipaka ihuza ibyo bihugu hari ubushamirane bukaze.

Mur’icyo gihe Blinken, yasabye Abayobozi b’igihugu byombi, guhosha amakimbirane ndetse no kuvana abasirikare bari barunzwe ku mipaka ihuza u Rwanda na Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Amerika yahishuye inzira ikoresha kugira ihoshye amakimbiraneU Rwanda na RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
M23, kuri uyu wa Gatandatu, yongeye kwa mbura ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, ibice byinshi byo muri  Masisi.

M23, kuri uyu wa Gatandatu, yongeye kwa mbura ihuriro ry'ingabo za leta ya Kinshasa, ibice byinshi byo muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?