Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yashimiye umukuru w’igihugu ca RDC nu w’u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo na Mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, bashimiwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba baragize uruhare runini rwo kugarukana agahenge kamahoro hagati ya M23 n’Ingabo za leta ya Kinshasa, mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Muntangiriro ziki Cyumweru, tariki 12/12/2023, n’ibwo leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zemeye gutanga agahenge kamahoro, mu gihe cya masaha 72.

Nk’uko byavuzwe kariya gahenge katanzwe kugira “Habeho kurinda umutekano w’Abaturage no guhosha amakimbirane yarihagati ya Kinshasa na Kigali ndetse no kugira ngo Ingabo z’umuryango wa EAC zibone inzira muri Kilolirwe na Kitshanga.”

Rero Amerika ibinyujije muri Ambasaderi (Ambassador) wayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, kuruhare rwabo kugira kariya gahenge kaboneke, mu minsi itatu, nta mirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa(FARDC).

Ati: “Turashimira uruhare rwaburi umwe wese mu makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, uruhare mwagaragaje rugamije guhosha umwuka mubi n’ubushamirane no kwerekana ubushake mu gukemura amakimbirane mwituze.”

Yakomeje avuga ati: “Ku bwumwihariko, Turashimira perezida Paul Kagame w’u Rwanda na none kandi tudasize na Tshisekedi, imiyoborere yabo kurizi nguvu mwabishizemo.”

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC yongeye kugira ubukana kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cyenda (9) kugeza ubu gusa iminsi itatu irashize nta mirwano.

Kimweho kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 13/12/2023, Ingabo za RDC zashinjwe n’umutwe wa M23 ko bashinze ibirindiro mu maso yabo mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zarenze ku masezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72. Bazanye ingabo zabo i Kibumba ahari Ingabo za ARC/M23.”

Yunzemo kandi ati: “Ingabo zacyu zo zikomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara no gukingira abasivile ntibakomeze kwicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC.”

Kuva kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zohereje Ingabo zabo mu Kibaya cya Kibumba haratutumba intambara ikomeye ishobora kuzayogoza akarere kose ni mugihe leta ya Kinshasa ikomeje kurunda Ingabo zabo muri biriya bice bikunze kuberamo imirwano aho ndetse n’ingabo za RDC zikomeje kuvanwa impande ninshi zikoherezwa i Goma, Minova, Sake n’ahandi.

Kuwa Gatatu, havuzwe abasirikare benshi ba FARDC bavanwe i Beni na Butembo, boherezwa i Goma na Masisi, mu gihe ku wa Kane ho, tariki 14/12/2023, havuzwe abasirikare bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo abenshi muribo boherejwe i Minova abandi i Goma, muri aba bavuye muri Kivu y’Epfo, byavuzwe ko bavanze n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaIntambara iratutumba muri NyiragongoKagameRdcRwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y'uko Ingabo z'u Burundi n'iza RDC, za gomangiye ku k'ibuga cy'Indege kiri ku Kiziba.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Good website! I truly love how it is simple on my eyes and the data are well written. I am wondering how I might be notified when a new post has been made. I have subscribed to your feed which must do the trick! Have a great day!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?