• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yashimiye umukuru w’igihugu ca RDC nu w’u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo na Mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, bashimiwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba baragize uruhare runini rwo kugarukana agahenge kamahoro hagati ya M23 n’Ingabo za leta ya Kinshasa, mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Muntangiriro ziki Cyumweru, tariki 12/12/2023, n’ibwo leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zemeye gutanga agahenge kamahoro, mu gihe cya masaha 72.

Nk’uko byavuzwe kariya gahenge katanzwe kugira “Habeho kurinda umutekano w’Abaturage no guhosha amakimbirane yarihagati ya Kinshasa na Kigali ndetse no kugira ngo Ingabo z’umuryango wa EAC zibone inzira muri Kilolirwe na Kitshanga.”

Rero Amerika ibinyujije muri Ambasaderi (Ambassador) wayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, kuruhare rwabo kugira kariya gahenge kaboneke, mu minsi itatu, nta mirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa(FARDC).

Ati: “Turashimira uruhare rwaburi umwe wese mu makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, uruhare mwagaragaje rugamije guhosha umwuka mubi n’ubushamirane no kwerekana ubushake mu gukemura amakimbirane mwituze.”

Yakomeje avuga ati: “Ku bwumwihariko, Turashimira perezida Paul Kagame w’u Rwanda na none kandi tudasize na Tshisekedi, imiyoborere yabo kurizi nguvu mwabishizemo.”

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC yongeye kugira ubukana kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cyenda (9) kugeza ubu gusa iminsi itatu irashize nta mirwano.

Kimweho kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 13/12/2023, Ingabo za RDC zashinjwe n’umutwe wa M23 ko bashinze ibirindiro mu maso yabo mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zarenze ku masezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72. Bazanye ingabo zabo i Kibumba ahari Ingabo za ARC/M23.”

Yunzemo kandi ati: “Ingabo zacyu zo zikomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara no gukingira abasivile ntibakomeze kwicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC.”

Kuva kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zohereje Ingabo zabo mu Kibaya cya Kibumba haratutumba intambara ikomeye ishobora kuzayogoza akarere kose ni mugihe leta ya Kinshasa ikomeje kurunda Ingabo zabo muri biriya bice bikunze kuberamo imirwano aho ndetse n’ingabo za RDC zikomeje kuvanwa impande ninshi zikoherezwa i Goma, Minova, Sake n’ahandi.

Kuwa Gatatu, havuzwe abasirikare benshi ba FARDC bavanwe i Beni na Butembo, boherezwa i Goma na Masisi, mu gihe ku wa Kane ho, tariki 14/12/2023, havuzwe abasirikare bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo abenshi muribo boherejwe i Minova abandi i Goma, muri aba bavuye muri Kivu y’Epfo, byavuzwe ko bavanze n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaIntambara iratutumba muri NyiragongoKagameRdcRwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y'uko Ingabo z'u Burundi n'iza RDC, za gomangiye ku k'ibuga cy'Indege kiri ku Kiziba.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Good website! I truly love how it is simple on my eyes and the data are well written. I am wondering how I might be notified when a new post has been made. I have subscribed to your feed which must do the trick! Have a great day!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?