Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yashimiye umukuru w’igihugu ca RDC nu w’u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo na Mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, bashimiwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba baragize uruhare runini rwo kugarukana agahenge kamahoro hagati ya M23 n’Ingabo za leta ya Kinshasa, mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Muntangiriro ziki Cyumweru, tariki 12/12/2023, n’ibwo leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zemeye gutanga agahenge kamahoro, mu gihe cya masaha 72.

Nk’uko byavuzwe kariya gahenge katanzwe kugira “Habeho kurinda umutekano w’Abaturage no guhosha amakimbirane yarihagati ya Kinshasa na Kigali ndetse no kugira ngo Ingabo z’umuryango wa EAC zibone inzira muri Kilolirwe na Kitshanga.”

Rero Amerika ibinyujije muri Ambasaderi (Ambassador) wayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, kuruhare rwabo kugira kariya gahenge kaboneke, mu minsi itatu, nta mirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa(FARDC).

Ati: “Turashimira uruhare rwaburi umwe wese mu makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, uruhare mwagaragaje rugamije guhosha umwuka mubi n’ubushamirane no kwerekana ubushake mu gukemura amakimbirane mwituze.”

Yakomeje avuga ati: “Ku bwumwihariko, Turashimira perezida Paul Kagame w’u Rwanda na none kandi tudasize na Tshisekedi, imiyoborere yabo kurizi nguvu mwabishizemo.”

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC yongeye kugira ubukana kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cyenda (9) kugeza ubu gusa iminsi itatu irashize nta mirwano.

Kimweho kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 13/12/2023, Ingabo za RDC zashinjwe n’umutwe wa M23 ko bashinze ibirindiro mu maso yabo mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zarenze ku masezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72. Bazanye ingabo zabo i Kibumba ahari Ingabo za ARC/M23.”

Yunzemo kandi ati: “Ingabo zacyu zo zikomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara no gukingira abasivile ntibakomeze kwicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC.”

Kuva kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zohereje Ingabo zabo mu Kibaya cya Kibumba haratutumba intambara ikomeye ishobora kuzayogoza akarere kose ni mugihe leta ya Kinshasa ikomeje kurunda Ingabo zabo muri biriya bice bikunze kuberamo imirwano aho ndetse n’ingabo za RDC zikomeje kuvanwa impande ninshi zikoherezwa i Goma, Minova, Sake n’ahandi.

Kuwa Gatatu, havuzwe abasirikare benshi ba FARDC bavanwe i Beni na Butembo, boherezwa i Goma na Masisi, mu gihe ku wa Kane ho, tariki 14/12/2023, havuzwe abasirikare bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo abenshi muribo boherejwe i Minova abandi i Goma, muri aba bavuye muri Kivu y’Epfo, byavuzwe ko bavanze n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaIntambara iratutumba muri NyiragongoKagameRdcRwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y'uko Ingabo z'u Burundi n'iza RDC, za gomangiye ku k'ibuga cy'Indege kiri ku Kiziba.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    1 year ago

    Good website! I truly love how it is simple on my eyes and the data are well written. I am wondering how I might be notified when a new post has been made. I have subscribed to your feed which must do the trick! Have a great day!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?