• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yashimiye umukuru w’igihugu ca RDC nu w’u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

minebwenews by minebwenews
December 15, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo na Mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, bashimiwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuba baragize uruhare runini rwo kugarukana agahenge kamahoro hagati ya M23 n’Ingabo za leta ya Kinshasa, mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Muntangiriro ziki Cyumweru, tariki 12/12/2023, n’ibwo leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC zemeye gutanga agahenge kamahoro, mu gihe cya masaha 72.

Nk’uko byavuzwe kariya gahenge katanzwe kugira “Habeho kurinda umutekano w’Abaturage no guhosha amakimbirane yarihagati ya Kinshasa na Kigali ndetse no kugira ngo Ingabo z’umuryango wa EAC zibone inzira muri Kilolirwe na Kitshanga.”

Rero Amerika ibinyujije muri Ambasaderi (Ambassador) wayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yashimiye abakuru b’ibihugu byombi, kuruhare rwabo kugira kariya gahenge kaboneke, mu minsi itatu, nta mirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa(FARDC).

Ati: “Turashimira uruhare rwaburi umwe wese mu makimbirane y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, uruhare mwagaragaje rugamije guhosha umwuka mubi n’ubushamirane no kwerekana ubushake mu gukemura amakimbirane mwituze.”

Yakomeje avuga ati: “Ku bwumwihariko, Turashimira perezida Paul Kagame w’u Rwanda na none kandi tudasize na Tshisekedi, imiyoborere yabo kurizi nguvu mwabishizemo.”

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC yongeye kugira ubukana kuva mu mpera z’u kwezi kwa Cyenda (9) kugeza ubu gusa iminsi itatu irashize nta mirwano.

Kimweho kuva kuri uyu wa Gatatu, tariki 13/12/2023, Ingabo za RDC zashinjwe n’umutwe wa M23 ko bashinze ibirindiro mu maso yabo mu Kibaya cya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.

Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zarenze ku masezerano yo guhagarika imirwano mu gihe cya masaha 72. Bazanye ingabo zabo i Kibumba ahari Ingabo za ARC/M23.”

Yunzemo kandi ati: “Ingabo zacyu zo zikomeje kubahiriza amasezerano yoguhagarika Intambara no gukingira abasivile ntibakomeze kwicwa n’ihuriro ry’ingabo za RDC.”

Kuva kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za RDC, zohereje Ingabo zabo mu Kibaya cya Kibumba haratutumba intambara ikomeye ishobora kuzayogoza akarere kose ni mugihe leta ya Kinshasa ikomeje kurunda Ingabo zabo muri biriya bice bikunze kuberamo imirwano aho ndetse n’ingabo za RDC zikomeje kuvanwa impande ninshi zikoherezwa i Goma, Minova, Sake n’ahandi.

Kuwa Gatatu, havuzwe abasirikare benshi ba FARDC bavanwe i Beni na Butembo, boherezwa i Goma na Masisi, mu gihe ku wa Kane ho, tariki 14/12/2023, havuzwe abasirikare bavanwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo abenshi muribo boherejwe i Minova abandi i Goma, muri aba bavuye muri Kivu y’Epfo, byavuzwe ko bavanze n’Ingabo z’u Burundi zo mu mutwe wa TAFOC.

Bruce Bahanda.

Tags: AmerikaIntambara iratutumba muri NyiragongoKagameRdcRwandaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y'uko Ingabo z'u Burundi n'iza RDC, za gomangiye ku k'ibuga cy'Indege kiri ku Kiziba.

Comments 1

  1. tlover tonet says:
    2 years ago

    Good website! I truly love how it is simple on my eyes and the data are well written. I am wondering how I might be notified when a new post has been made. I have subscribed to your feed which must do the trick! Have a great day!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?