• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amerika yavuze impamvu yateye inkunga ya gisirikare ikaze igihugu cya Israel.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Amerika yavuze impamvu yateye  inkunga ya gisirikare ikaze igihugu cya Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yavuze impamvu yateye inkunga ya gisirikare ikaze igihugu cya Israel.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Leta ya Joe Biden yatangaje ko yiteguye kohereza indege z’intambara mu Burasirazuba bwo hagati, kugira ngo zizafashe Israel mu gihe yaba igabweho ibitero na Iran.

Iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika gifashe iki cyemezo nyuma y’iminsi mike Iran itangaje ko yiteguye guhorera Ismäel Haniyel mu bijyanye na politiki, wiciwe i Tehran, mu gitero bivugwa ko cyagabwe na Israel.

Minisitiri w’ingabo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika yatangaje ko izohereza itsinda ry’indege z’intambara mu Burasirazuba bwo hagati, mu kububurizamo uyu mugambi wa Iran.

Uretse izi ndege, minisitiri w’ingabo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Lloyd Austin, yanavuze ko igihugu cye cyiteguye kongera umubare w’ikoranabuhanga rihanura ibisasu bya misile risanzwe riri muri iki gice.

Kugeza ubu kandi Amerika, u Bwongereza n’u Bufaransa byamaze gusaba abaturage babyo kuva muri Liban kuko iki gihugu gishobora kwibasirwa n’intambara cyangwa n’umutekano mubi.

Ni ikibazo gishobora guturuka ku mutwe wa Hezbollah ukorera muri Liban wamaze gutangaza ko witeguye kwifatanya na Hamas mu bikorwa byo guhorera umuyobozi wayo. Mu gihe ibi byashyirwa mu bikorwa Israel nayo ishobora gufata icyemezo cyo kurasa Hezbollah muri Liban.

         MCN.
Tags: AmerikaIgisirikareInkungaIsrael
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Havuzwe ibyimbitse ku basivile bamaze kwicwa i Lubero mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?