• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 24, 2025
in World News
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya
66
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n’u Burusiya, ibihugu byombi bikaganira kubyerekeye kurangiza intambara muri Ukraine.

Yabitangaje nyuma y’uko umubonano hagati ya perezida Donald Trump na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin usubitswe.

Uyu munyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yavuze ko yari yaragiranye ikiganiro cyiza na minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kandi ko ibiganiro hagati y’ibihugu byombi bizakomeza. Anavuga kandi ko bagifite ubushake bwo kuganira n’Abarusiya.

Ku wa mbere w’i cyumweru gishize, Putin na Trump bagiranye ikiganiro, aho bivugwa ko cyamaze amasaha abiri. Ni nyuma y’aho Moscow na Washington DC batangaje ko biteguye inama y’aba bayobozi mu mujyi wa Budapest kugira ngo baganire ku gushyira iherezo intambara ya Ukraine.

Impande zombi zatangaje ko imyiteguro y’inama iri gukorerwa kandi ko ishobora kuba mu byumweru bibiri biri mbere.

Gusa, Trump yaje gutangaza ku wa gatatu ko iyi nama yahagaritswe, asobanura ko atumva ko bazagera ku mwanzuro ukenewe gukorwa.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika kandi zashyize ibihano bishya kuri Moscow, bigamije gukomanyiriza ibigo bibiri by’u Burusiya binini bya Lukoli na Rosneft.

Ariko ku rundi ruhande, Robio yasobanuye ko igihugu cye gifite ubushake bwo gukorana n’u Burusiya, avuga ko umwanzuro w’ibihano wafashwe na Trump kubera yuko hatariho intambwe ifatika mu ru ngendo rw’amahoro.

Nanone kandi umuvugizi w’ibiro bya minisitiri y’ubanye n’amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yavuze ko u Burusiya bukomeje kuba bushishikajwe no gukomeza kuganira na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Yongeraho kandi ko igihugu cye cyumva ko intego yo gukomeza kuganira na Amerika ari ugushyiraho ingengabihe y’ibindi biganiro hagati y’ibihugu byombi,ku birebana n’umubano w’ibihugu byombi no mu rugendo rwo gushaka igisubizo ku kibazo cya Ukraine.

Tags: ikiganiroPutinTrumpUkraine
Share26Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?