
Abantu 20 nibo bamaze kumenyekana ko bishwe kuruyu wagatandatu mugace kitwa Musandaba, hafi numujyi wa Beni.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 08.04.2023, saa 6:35 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News, yamaze kwakira nuko kuruyu wagatandatu hishwe abantu 20, bakaba biciwe mugace ka Musandaba hafi numujyi wa Beni.
Nkuko twabibwiwe byavuzwe ko aho murako gace kiciwemo abantu Kari mubirometre 30 numujyi wa Beni, aha akaba ari muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC).
Umutwe winyeshamba ukomoka mugihugu ca Uganda ADF NARU, niwo utungwa agatoki kurubwo bwicanyi ndenga kamere bwabaye none .
Bibaye nyuma gato ihuriro ryingabo za FARDC niza Uganda (Updf), zihuriye i Beni gusuzuma aho ibikorwa bya Shujaa bigeze.




