• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Andi avugwa mu Bibobogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Andi avugwa mu Bibogobogo.

You might also like

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Amakuru aturuka mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hongeye kuza izindi ngabo z’u Burundi nyuma y’aho izari zihasanzwe zimanutse i Baraka uyu munsi.

Ahagana mu masaha ya kare y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo ziriya ngabo z’u Burundi zabaga mu Bibogobogo zahavuye zerekeza i Baraka.

Bizwi ko izi ngabo zabaga mu makambi abiri, imwe iherereye mu irango rya Ugeafi n’indi iri mu Bipimo.

Umutangabuhamya yavuze ko aya makambi yari yasigaye gutyo, ariko ko uyu mugoroba hongeye kuza abandi basirikare b’u Burundi, kandi ko nabo baturutse i Bakaraka.

Yagize ati: “Igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, iwacu mu Bibogobogo himenye abasirikare benshi b’u Burundi. Baje gusimbura abahahoraga bamanutse mu gitondo cya kare.”

Yongeye kandi ati: “Uko niko bimeze. Kandi na bo bahise basubira muri ya makambi ababo bahoragamo abiri.”

Nta mubare wabo uzwi, ariko uyu waduhaye aya makuru, yavuze ko atari bake, aho yahise avuga ko babarirwa mu magana atatu.

Ati: Nta womenya umubare wabo, ariko ushingiye ku murongo bari bafite, wa babarira muri magana atatu arenga.”

Izi ngabo zije mu gihe mu mpera zakiriya cyumweru, aha mu Bibogobogo havuzwe amakuru y’ibitero. Byavugwaga ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo yatumye ku Banyamulenge ko iri gutegura kubagabaho ibitero.

Ibi byatumye haba ubwoba bwinshi ku baturage bahatuye. Iki gice cya Bibogobogo cyaherukagamo ibitero by’iyi mitwe yibumbiye mu ciswe Wazalendo, inasanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za RDC, mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Icyo gihe Abanyamulenge birwanyeho, ndetse baza gutabarwa n’ingabo za RDC zihakorera hamwe n’iz’u Burundi zahoraga muri aya makambi yavuzwe haruguru, binarangira uru ruhande rwari rwagabye biriya bitero rutsinzwe.

Tags: BarakaBibobogobogoIngabo zu Burundi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya

Col.Ntagawa ukuriye ibirindiro bya FARDC mu Bibogobogo yahamagajwe igitaraganya Colonel Rubaba Ntagawa, umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ukuriye ibatayo ifite ibirindiro mu Bibogobogo muri teritware ya...

Read moreDetails

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Uduce 8 FARDC n'abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y'uko bishe abasivili Uduce tubarirwa mu 8 duherereye muri grupema ya Bukombo n'iya Tongo muri teritware ya Rutshuru, mu...

Read moreDetails

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?