• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Andi avugwa mu Bibobogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Andi avugwa mu Bibogobogo.

You might also like

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale

Amakuru aturuka mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hongeye kuza izindi ngabo z’u Burundi nyuma y’aho izari zihasanzwe zimanutse i Baraka uyu munsi.

Ahagana mu masaha ya kare y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo ziriya ngabo z’u Burundi zabaga mu Bibogobogo zahavuye zerekeza i Baraka.

Bizwi ko izi ngabo zabaga mu makambi abiri, imwe iherereye mu irango rya Ugeafi n’indi iri mu Bipimo.

Umutangabuhamya yavuze ko aya makambi yari yasigaye gutyo, ariko ko uyu mugoroba hongeye kuza abandi basirikare b’u Burundi, kandi ko nabo baturutse i Bakaraka.

Yagize ati: “Igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, iwacu mu Bibogobogo himenye abasirikare benshi b’u Burundi. Baje gusimbura abahahoraga bamanutse mu gitondo cya kare.”

Yongeye kandi ati: “Uko niko bimeze. Kandi na bo bahise basubira muri ya makambi ababo bahoragamo abiri.”

Nta mubare wabo uzwi, ariko uyu waduhaye aya makuru, yavuze ko atari bake, aho yahise avuga ko babarirwa mu magana atatu.

Ati: Nta womenya umubare wabo, ariko ushingiye ku murongo bari bafite, wa babarira muri magana atatu arenga.”

Izi ngabo zije mu gihe mu mpera zakiriya cyumweru, aha mu Bibogobogo havuzwe amakuru y’ibitero. Byavugwaga ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo yatumye ku Banyamulenge ko iri gutegura kubagabaho ibitero.

Ibi byatumye haba ubwoba bwinshi ku baturage bahatuye. Iki gice cya Bibogobogo cyaherukagamo ibitero by’iyi mitwe yibumbiye mu ciswe Wazalendo, inasanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za RDC, mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Icyo gihe Abanyamulenge birwanyeho, ndetse baza gutabarwa n’ingabo za RDC zihakorera hamwe n’iz’u Burundi zahoraga muri aya makambi yavuzwe haruguru, binarangira uru ruhande rwari rwagabye biriya bitero rutsinzwe.

Tags: BarakaBibobogobogoIngabo zu Burundi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe

Indege ya Sukhoi-25 ya FARDC yibasiriye abaturage mu Minembwe Indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yongeye gukora ibitero byo mu...

Read moreDetails

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n’ingabo z’u Burundi zikizwa n’amaguru

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

RDC : Umutwe wa AFC/M23 wakomeje kurushaho kwegera Mwenga-Centre, FARDC n'ingabo z'u Burundi zikizwa n'amaguru Amakuru aturuka mu baturage ndetse n’inzego z’umutekano muri Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
AFC/M23 yigaruriye uduce dushya muri Kivu Yaruguru

BREAKING NEWS: Indege ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yateye ibisasu mu baturage bo muri Masisi na Walikale Indege y’intambara ya FARDC yo mu bwoko bwa Sukhoi-25...

Read moreDetails

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
RDC: Twirwaneho iraburira ku bitero bishobora kwibasira Abanyamulenge

RDC: Imirwano Ikaze Yongeye Kubura Hagati ya AFC/M23 na FARDC n’Abambari Bayo i Walikale Imirwano ikaze yongeye kubura mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 27/11/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

by Bahanda Bruce
November 26, 2025
0
AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga

AFC/M23 ikomeje kwegera Mwenga-Centre na Kamituga Amakuru akurwa mu bice bitandukanye by’Intara ya Kivu y’Amajyepfo yemeza ko abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 bakomeje kwagura icyerekezo cy’imirwano, aho bari kwegera...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?