• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi: Andi avugwa mu Bibobogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Andi avugwa mu Bibogobogo.

You might also like

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Amakuru aturuka mu Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hongeye kuza izindi ngabo z’u Burundi nyuma y’aho izari zihasanzwe zimanutse i Baraka uyu munsi.

Ahagana mu masaha ya kare y’igitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, ni bwo ziriya ngabo z’u Burundi zabaga mu Bibogobogo zahavuye zerekeza i Baraka.

Bizwi ko izi ngabo zabaga mu makambi abiri, imwe iherereye mu irango rya Ugeafi n’indi iri mu Bipimo.

Umutangabuhamya yavuze ko aya makambi yari yasigaye gutyo, ariko ko uyu mugoroba hongeye kuza abandi basirikare b’u Burundi, kandi ko nabo baturutse i Bakaraka.

Yagize ati: “Igihe c’isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025, iwacu mu Bibogobogo himenye abasirikare benshi b’u Burundi. Baje gusimbura abahahoraga bamanutse mu gitondo cya kare.”

Yongeye kandi ati: “Uko niko bimeze. Kandi na bo bahise basubira muri ya makambi ababo bahoragamo abiri.”

Nta mubare wabo uzwi, ariko uyu waduhaye aya makuru, yavuze ko atari bake, aho yahise avuga ko babarirwa mu magana atatu.

Ati: Nta womenya umubare wabo, ariko ushingiye ku murongo bari bafite, wa babarira muri magana atatu arenga.”

Izi ngabo zije mu gihe mu mpera zakiriya cyumweru, aha mu Bibogobogo havuzwe amakuru y’ibitero. Byavugwaga ko ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo yatumye ku Banyamulenge ko iri gutegura kubagabaho ibitero.

Ibi byatumye haba ubwoba bwinshi ku baturage bahatuye. Iki gice cya Bibogobogo cyaherukagamo ibitero by’iyi mitwe yibumbiye mu ciswe Wazalendo, inasanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za RDC, mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Icyo gihe Abanyamulenge birwanyeho, ndetse baza gutabarwa n’ingabo za RDC zihakorera hamwe n’iz’u Burundi zahoraga muri aya makambi yavuzwe haruguru, binarangira uru ruhande rwari rwagabye biriya bitero rutsinzwe.

Tags: BarakaBibobogobogoIngabo zu Burundi
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage

Imirwano Ikaze Hagati ya AFC/M23 na FARDC Yateye Impunzi Nyinshi mu Baturage Abaturage bo duce twa Humura na Rutoboko, turi mu gice cya Nyamaboko ya Mbere, muri grupema...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro kuri Gahunda ya Luanda mu gihe Angola yongera imbaraga mu buhuza ku kibazo cy’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi...

Read moreDetails

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana

U Burundi Bwohereje Ingabo Nyinshi i Kalemie, Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Urushaho Guhungabana Hagati ya tariki 29/12/2025 na 04/01/2026, na nyuma yaho, u Burundi bwohereje ingabo nyinshi...

Read moreDetails

FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima

FARDC Yagabweho Igitero Gikaze cya Bakata Katanga, Abatari Bake Bahasiga Ubuzima Nibura abantu umunani ni bo bamaze gutakariza ubuzima mu gitero gikomeye cyagabwe n’inyeshyamba za Mai-Mai Bakata Katanga...

Read moreDetails
Next Post
Mu Bijombo haravugwa imirwano.

Twirwaneho yahishyuye imigambi mibi Ingabo z'u Burundi zifite ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?