• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Avugwa i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2025
in Conflict & Security
0
Uko i Mulenge byifashe n’uduce FDLR n’Ingabo za RDC zagaragayemo.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

You might also like

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

Menya umwanya Major Claudine yahawe muri polisi ya AFC/M23/MRDP

Imfungwa za RDC n’iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa

Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hari uduce twegereye ahatuwe n’Abanyamulenge twongeye kugaragaramo Wazalendo, FDLR, Ingabo za Congo n’iz’u Burundi.

Bikubiye mu butumwa bwanditse twahawe kuri uyu wa kane tariki ya 24/07/2025, aho ubwo butumwa bugira buti: “Umwanzi yongeye kugaragara mu nkengero za centre ya Mikenke na Bijabo.”

Burongera kandi bukagira buti: “Bitugaragariza ko ashaka kongera kutugabaho ibitero muri ibi bice dutuyemo.”

Ku munsi w’ejo ku wa gatatu ahagana isaha z’umugoroba ni bwo bariya bo ku ruhande rwa Leta bagaragaye mu gice kigana mu Rwitsankuku, aho ndetse kandi bongera kugaragara uruhande rwerekeza mu Gipupu mu gitondo cyo kuri uyu wa kane.

Yaba FDLR, FARDC, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, mbere y’uko bakora ibitero ku Banyamulenge, inshuro nyinshi habanza kuba ibimenyetso nk’ibi.

Muri urwo rwego, bikavugwa ko baba bashaka kongera kugaba ibitero.

Ibitero ku Banyamulenge bagabwaho n’aba barwanirira Leta y’i Kinshasa, byaherukaga mu mpera z’ukwezi kwa gatanu uyu mwaka.

Ahanini byagabwe mu duce dutandukanye two mu Rugezi, mu Mikenke no mu nkengero za centre ya Minembwe, nko muri Nyaruhinga, Mukoko n’ahandi.

Nyamara uko byabagabwagaho, Twirwaneho na M23 babisubizaga inyuma.

Nanone kandi har’andi makuru avuga ko mu Kabanju hagenzurwa na Wazalendo, FDLR n’ingabo z’u Burundi, hagize iminsi humvikana urusaku rw’imbunda rwinshi.

Bikavugwa ko urwo rusaku ko rwaba ruva ku gusubiranamo k’uru ruhande rwa Leta ya Congo.

Usibye ko mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatanu uyu mwaka, basubiranyemo bikomeye, ndetse abenshi muri bo bahasiga ubuzima barimo n’abakomanda babo batatu.

Kimweho, ntibizwi ko iryo rasagura ko ryaba ariryo subiranamo rigikomeje, cyangwa ko byaba biva ku kindi kintu.

Hagataho, ibindi bice bigenzurwa na Twirwaneho na M23 biracyatekanye, nka Minembwe na Rugezi.

Tags: MulengeUmwanzi
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y’ubwato muri RDC

Abarenga 200 bapfiriye mu mpanuka y'ubwato muri RDC Abantu barenga 200 bapfuye naho abandi babarirwa muri za mirongo baracyaburiwe irengero nyuma y'impanuka z'ubwato bubiri zabereye mu majyaruguru ashyira...

Read moreDetails

Menya umwanya Major Claudine yahawe muri polisi ya AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Menya umwanya Major Claudine yahawe muri polisi ya AFC/M23/MRDP

Menya umwanya Major Claudine yahawe muri polisi ya AFC/M23/MRDP Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagize Major Claudine kuyobora ibikorwa bya polisi yaryo mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Imfungwa za RDC n’iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Auto Draft

Imfungwa za RDC n'iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa Repubulika ya demokarasi ya Congo yemeye kurekura imfungwa ifunze zizira umutwe wa M23, mu rwego rwo kubahiriza amasezerano impande zombi zasinyiye...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel

FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel Brigadier General Daniel Mwaku wayoboraga akarere ka 33 ka gisirikare k'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Abaturage bamaze igihe baterwa agahinda n’Ingabo zirimo iz’u Burundi iza FARDC, FDLR na Wazalendo bagiye gutabarwa

by Bahanda Bruce
September 12, 2025
0
Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Abaturage bamaze igihe baterwa agahinda n'Ingabo zirimo iz'u Burundi iza FARDC, FDLR na Wazalendo bagiye gutabarwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?