• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

You might also like

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ku kibuga cy’indege cyaho giherereye i Bujumbura ku murwa mukuru w’ubukungu bw’iki gihugu, hahagurutse indege yerekeza mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bigakekwa ko yaba igiye muri wa mugambi muremure wa Leta y’iki gihugu n’iya Kinshasa yo kurimbura Abanyamulenge zikoresheje mu kubagabaho ibitero byo ku butaka no mu kirere.

Ni ubutumwa Minembwe Capital News ikesha bamwe mu baherereye muri ibyo bice, aho ubwo butumwa bwabo bugira buti: “Nko mu minota 30 ishize yo kuri uyu wa gatatu tariki ya 09/09/2025, hano ku kibuga cy’indege cya Bujumbura hahagurutse indege y’igisirikare yerekeza mu ruhande rwa Kivu y’Amajyepfo muri RDC.”

Bukomeza bugira buti: “Twagerageje kuyitegereza yagiye amaturo agera muri atatu. Bigaragara ko yarimo isehera yo nk’ibikoresho bya gisirikare, ariko yazengurutse cyane, kuko yakubitaga mu Kibaya cya Gatumba igakomereza za Uvira no mu Kibaya cya Rusizi. No ku misozi. Hari n’ubwo yerekeje ku mupaka wa Luhwa uhuza u Rwanda n’u Burundi.”

Abo dukesha iyi nkuru banafashe n’amashusho y’iyi ndege iri mu kirere cy’u Burundi yerekeza i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Ibyo bibaye mu gihe n’ubundi ikibuga cy’indege cya Bujumbura giheruka gukemangwa gukoreshwa mu guhagurukiraho indege z’intambara zirimo na drones z’i gisirikare cya RDC n’icy’u Burundi zikagaba ibitero mu duce tw’i Mulenge, muri Mikenke, Rugezi n’ahandi.

Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politiki Lawrence Kanyuka, mu itangazo yashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo, yavuze ko i Uvira n’i Bujumbura niho ihuriro ry’ingabo za Congo zitegurira ibitero byaba ibyo mu kirere no kubutaka.

Anavuga ko hari n’ibitero byateguriwe muri ibyo bice bibiri, maze bigabwa ku birindiro byabo biherereye mu bice bitandukanye byo muri iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Uyu muvugizi muri iryo tangazo, yashimangiye ko ibyo batazabyihanganira, hubwo ko bagiye kibishakira igisubizo. Asoza avuga ko bazakomeza kurwana ku baturage no kubarindira ibyabo.

Tags: BujumburaIbiteroIndegeRdc
Share45Tweet28Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y’ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura

AFC/M23 yongeye kwishimirwa nyuma y'ibyo ikomeje kuzana mu karere igenzura Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryazanye "transfomer nshya y'amashanyarazi,"...

Read moreDetails

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura

I Kinshasa harikubera imyigaragambyo ikaze, inasaba abayobozi bamwe kwegura Mu mujyi wa Kinshasa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, uri kuberamo imyigaragambyo, aho abayirimo banasaba minisitiri w'Ubugenzuzi, Mark...

Read moreDetails

FARDC yifashishije indege y’intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibisasu FARDC yateye i Busika, byahitanye ubuzima bw’abasivili benshi

FARDC yifashishije indege y'intambara yibasira ahatuye abaturage muri Kivu Yaruguru Ibitero by'indege z'intambara z'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, byagabwe mu gace gatuwe n'abaturage n'ahari ibirindiro...

Read moreDetails

Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ubuyobozi bw’ibanze bwavuze ku nkongi y’Umuriro yibasiye amazu i Bukavu ihitana benshi

Ubuyobozi bw'ibanze bwavuze ku nkongi y'Umuriro yibasiye amazu i Bukavu Ni bura abantu 14 ni bo bahasize ubuzima mu nkongi y'umuriro yadutse mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk'umurwa...

Read moreDetails

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze

Perezida Museveni yavuze ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho bya gisirikare bikaze Umukuru w'igihugu cya Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko u Burusiya bwahaye igihugu cye ibikoresho...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?