Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 24, 2024
in World News
0
Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Baltasar Engonga wabaye ikibazo mu mitwe ya benshi nyuma yaho hasohotse amashusho 400 asambana n’abagore barenga 200, urukiko rwamaze kumugira umwere kuri aya mashusho yaciye ibintu hirya no hino ku Isi. Urukiko rwisumbuye rwa Guinea Equatorial rwemeje ko nyuma y’iperereza ryakozwe ku mashusho yagiye hanze amugaragaza aryamanye n’abagore batandukanye barimo na mushiki wa Perezida, basanze bigomba guteshwa agaciro.

Uru rukiko rwemeza ko basanze abagore bose bagaragara muri ayo mashusho baryamanye na Baltasar, bose ari bakuru kandi bari hejuru y’imyaka y’ubukure, bisobanuye ko nta n’umwe yigeze afata ku ngufu cyangwa se ngwamushuke.
Urukiko ruvuga kandi ko mu bipimo by’ubuzima bafashe, byagaragaje ko nta ndwara n’imwe yandurira mu mibonano mpuzabitsina Baltasar yanduje aba bagore baryamanye.

Urukiko kandi rwagaragaje ko abagabo b’abagore Baltasar yaryamanye nabo, nta n’umwe wigeze gutanga ikirego ahubwo bamwe kuri ubu bakaba baratangiye kugana inzira z’amategeko ngo bahabwe gatanya n’abagore babo. Nyuma y’uko Baltasar agizwe umwere kuri ibi by’amashusho, yatangaje ko nawe agiye kujyana mu nkiko uwashyize hanze ayo mashusho amushinja kwangiza ubuzima bwe bwite.

Ariko nubwo iby’aya mashusho yabihanaguweho, Baltasar akomeje gukurikiranwa ibyaha birimo ruswa no kunyereza umutungo ari nabyo byatumye atabwa muri yombi .

Tubibutsa ko uyu Baltasar yari umuyobozi w’ikigo cya Guinea Equatorial gishinzwe gukora iperereza ku mikoreshereze y’imari, yatawe muri yombi mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka, ni mu gihe yashinjwaga gufatanwa amashusho 400 yagiye yifata aryamana n’abagore batandukanye barimo n’abayobozi bakomeye nka mushiki wa Perezida, abagore b’abaminisitiri, umuyobozi mukuru wa polisi y’igihugu n’abandi. Ari nabwo yahise yirukanwa ku mirimo yarashinzwe muri Leta y’iki gihugu.

Tags: BaltasarGuinea EquatorialUmwere
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
Uwasimbuye Col.Alexis Rugabisha mu Minembwe nawe yasimbuwe.

Uwasimbuye Col.Alexis Rugabisha mu Minembwe nawe yasimbuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?