• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

minebwenews by minebwenews
November 24, 2024
in World News
0
Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.
94
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Baltasar, uheruka gutangazwa ku mbuga nkoranyambaga nk’umunyabyaha ruhebwa yagizwe umwere.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Baltasar Engonga wabaye ikibazo mu mitwe ya benshi nyuma yaho hasohotse amashusho 400 asambana n’abagore barenga 200, urukiko rwamaze kumugira umwere kuri aya mashusho yaciye ibintu hirya no hino ku Isi. Urukiko rwisumbuye rwa Guinea Equatorial rwemeje ko nyuma y’iperereza ryakozwe ku mashusho yagiye hanze amugaragaza aryamanye n’abagore batandukanye barimo na mushiki wa Perezida, basanze bigomba guteshwa agaciro.

Uru rukiko rwemeza ko basanze abagore bose bagaragara muri ayo mashusho baryamanye na Baltasar, bose ari bakuru kandi bari hejuru y’imyaka y’ubukure, bisobanuye ko nta n’umwe yigeze afata ku ngufu cyangwa se ngwamushuke.
Urukiko ruvuga kandi ko mu bipimo by’ubuzima bafashe, byagaragaje ko nta ndwara n’imwe yandurira mu mibonano mpuzabitsina Baltasar yanduje aba bagore baryamanye.

Urukiko kandi rwagaragaje ko abagabo b’abagore Baltasar yaryamanye nabo, nta n’umwe wigeze gutanga ikirego ahubwo bamwe kuri ubu bakaba baratangiye kugana inzira z’amategeko ngo bahabwe gatanya n’abagore babo. Nyuma y’uko Baltasar agizwe umwere kuri ibi by’amashusho, yatangaje ko nawe agiye kujyana mu nkiko uwashyize hanze ayo mashusho amushinja kwangiza ubuzima bwe bwite.

Ariko nubwo iby’aya mashusho yabihanaguweho, Baltasar akomeje gukurikiranwa ibyaha birimo ruswa no kunyereza umutungo ari nabyo byatumye atabwa muri yombi .

Tubibutsa ko uyu Baltasar yari umuyobozi w’ikigo cya Guinea Equatorial gishinzwe gukora iperereza ku mikoreshereze y’imari, yatawe muri yombi mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka, ni mu gihe yashinjwaga gufatanwa amashusho 400 yagiye yifata aryamana n’abagore batandukanye barimo n’abayobozi bakomeye nka mushiki wa Perezida, abagore b’abaminisitiri, umuyobozi mukuru wa polisi y’igihugu n’abandi. Ari nabwo yahise yirukanwa ku mirimo yarashinzwe muri Leta y’iki gihugu.

Tags: BaltasarGuinea EquatorialUmwere
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Uwasimbuye Col.Alexis Rugabisha mu Minembwe nawe yasimbuwe.

Uwasimbuye Col.Alexis Rugabisha mu Minembwe nawe yasimbuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?