Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu bakozi b’ikigo cy’ishuri rikuru rya ISTM, mu Ntara ya Maniema barashinjwa kunyereza akayabo ki faranga z’Amakongo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu bakozi b’ikigo cy’ishuri rikuru rya ISTM, mu Ntara ya Maniema barashinjwa kunyereza akayabo ki faranga z’Amakongo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ishuri rikuru ry’ubuvuzi riherereye mu Ntara ya Maniema ryi bwemo amafaranga arenga miliyoni 70 y’Amanyekongo.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni muri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, n’ibwo abakozi bibye ku ishuri rikuru ry’ubuvuzi rya ISTM, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Colonel Madjaliwa Benoit ukuriye district ya polisi yo mu gace ka Kasongo ko mu Ntara ya Maniema.

Yatangaje ko ibyavuye mu iperereza rya mbere bigaragaza uruhare rw’abakozi bamwe b’ikigo cya ISTM, muri ubwo bujura.

Avuga ko abakekwaho kuba baragize uruhare mu kw’iba ayo mafaranga, kuri ubu bari gu kurikiranwa na Polisi, ko kandi bazaburanishwa, ndetse harimo na batatu barinda ISTM kimwe n’umuyobozi ushinzwe ingengo y’imari.

Yakomeje avuga ko umuyobozi mukuru wa ISTM ari we wamumenyesheje ubwo bujura, nawe akaba yarabimenyeshejwe n’abazamu batatu barinda ibiro by’u buyobozi bw’ikigo cy’amashuri makuru.

Colonel Madjaliwa Benoit yemeza ko mu gihe cyo gusaka, mu nzu y’umuyobozi w’ingengo y’imari, habonetse amafaranga arenga miliyoni 40 y’amanyekongo. Ay’amafaranga akaba yaravumbuwe n’abashinzwe umutekano, harimo andi mafaranga arenga miliyoni 7 yavumbuwe mu rugo rw’umunyamabanga mukuru.

Amafaranga yose yanyerejwe ngwakaba agera kuri 79 y’amanyekongo, nk’uko ushinzwe iperereza yabivuze.

      MCN.
Tags: AbakoziAkayaboAmafarangaISTMKunyerezaManiema
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Abayisilamu baherereye mu bice bigenzurwa na M23, bizihije Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n’abari i Goma ahagenzurwa n’ingabo za RDC.

Abayisilamu baherereye mu bice bigenzurwa na M23, bizihije Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n'abari i Goma ahagenzurwa n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?