• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu bakozi b’ikigo cy’ishuri rikuru rya ISTM, mu Ntara ya Maniema barashinjwa kunyereza akayabo ki faranga z’Amakongo.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu bakozi b’ikigo cy’ishuri rikuru rya ISTM, mu Ntara ya Maniema barashinjwa kunyereza akayabo ki faranga z’Amakongo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ishuri rikuru ry’ubuvuzi riherereye mu Ntara ya Maniema ryi bwemo amafaranga arenga miliyoni 70 y’Amanyekongo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni muri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, n’ibwo abakozi bibye ku ishuri rikuru ry’ubuvuzi rya ISTM, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na Colonel Madjaliwa Benoit ukuriye district ya polisi yo mu gace ka Kasongo ko mu Ntara ya Maniema.

Yatangaje ko ibyavuye mu iperereza rya mbere bigaragaza uruhare rw’abakozi bamwe b’ikigo cya ISTM, muri ubwo bujura.

Avuga ko abakekwaho kuba baragize uruhare mu kw’iba ayo mafaranga, kuri ubu bari gu kurikiranwa na Polisi, ko kandi bazaburanishwa, ndetse harimo na batatu barinda ISTM kimwe n’umuyobozi ushinzwe ingengo y’imari.

Yakomeje avuga ko umuyobozi mukuru wa ISTM ari we wamumenyesheje ubwo bujura, nawe akaba yarabimenyeshejwe n’abazamu batatu barinda ibiro by’u buyobozi bw’ikigo cy’amashuri makuru.

Colonel Madjaliwa Benoit yemeza ko mu gihe cyo gusaka, mu nzu y’umuyobozi w’ingengo y’imari, habonetse amafaranga arenga miliyoni 40 y’amanyekongo. Ay’amafaranga akaba yaravumbuwe n’abashinzwe umutekano, harimo andi mafaranga arenga miliyoni 7 yavumbuwe mu rugo rw’umunyamabanga mukuru.

Amafaranga yose yanyerejwe ngwakaba agera kuri 79 y’amanyekongo, nk’uko ushinzwe iperereza yabivuze.

      MCN.
Tags: AbakoziAkayaboAmafarangaISTMKunyerezaManiema
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abayisilamu baherereye mu bice bigenzurwa na M23, bizihije Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n’abari i Goma ahagenzurwa n’ingabo za RDC.

Abayisilamu baherereye mu bice bigenzurwa na M23, bizihije Eid al-Fitr bisanzuye, bitandukanye n'abari i Goma ahagenzurwa n'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?