
Imigumuko mungabo za Republika ya democrasi ya Congo (FARDC), kuri Goma.
Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 10.05.2023. Saa 6 : 00 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Kumurwa mukuru w’intara ya Kivu yamajyaruguru, havuzwe ko abasirikare mungabo za FARDC, bo mumutwe wabarinda Président wa Republika, haravugwa mo kugumuka nyuma yuko ifaranga zobo bahembwa(Salary) zatinze ho gato.
Nkuko byavuzwe, havuzwe ko muraba basirikare bagumutse harimo nabataba mubarinda President wa Republika, gusa bose bakaba bari baratumwe muribi bice murwego rwogukora Opération.
Aba basirikare bakaba bahoraga bahemberwa kuri Bank nkuko byavuzwe nabamwe muribo ubwo baganira ga na Minembwe Capital News.
Umwe muribo yagize ati : “Kuri Goma, niho hariki bazo
cyab’Asirikare batarahembwa benshi muribo nabachunga Président (GR), baje murino ntara igihe cyama opération.
Amafranga yabo asanzwe asohokera kuma bank i kinshasa
bababwira kugira babone amafranga kwarugusubira Kinshasa.”
Ibi byatumye izingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC), zisaba Komanda Région kubaha uruhusha cangwa se i Kibali(Feuille De Route), kugira baje gufata ifaranga zabo maze Komanda Région arabahebuza, yababwiye ati: “Opération mwaje gukora ntimurayisoza umunsi mwayisoje muzaja i Kinshasa.”
Sibwo bwambere ibibazo byifaranga zabasirikare biki gihugu zikomeza kuzana umundyane , kuko n’a leta y’Ikinshasa haraho yavuzeko yasanze leta ihemba abasirikare ba Waringa abasirikare batabaho maze leta ivuga ko ibyo ari Waringa.