
Baraka na Bibogobogo abantu nuruja nuruza.
Yanditswe n’a Bruce Bahanda, tariki 22.04.2023, saa 7:00AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru dukesha abaturiye Bibogobogo, avuga ko muraka gace hari umutekano mwiza, uyu mutekano ugarutse nyuma yintambara yabiciye bigacika ikaza nogusenyera abaturage bo mubwoko bw’Anyamulenge umwaka wa 2022.
Ibi bitero byagabwaga n’inyeshamba zibarizwa mumutwe wa Mai Mai kubufasha bw’ingabo za FARDC.
Kubera umutekano mwiza abaturage byatumye bakora amabarabara ahuza umujyi wa Baraka na Bibogobogo.
Bibogobogo nagace gatuwe namoko yose ariko ahanini hatuwe nab’Anyamulenge, Bibogobogo iri muri Teritware ya Fizi, muntara ya Kivu Yamajyepho, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo (RDC).
Ibarabara ririmo kubakwa nab’Anyamulenge bari hereye ahitwa Mubibogobigo bakomeza baja Baraka, abaturage ba Baraka, bomubwoko bwab’Abembe, nabo barihereye i Baraka barazamuka bikavugwa ko bazahurira nabaturutse Bibogobogo ahitwa Tujenge.
Indinkuru inejeje abaturiye ibi bice nuko abanyamulenge bamanuka bakika Baraka amahoro ababembe nabo bakazamuka amahoro ibi bibaye mugihe ibi bice byombi bivuye mumutekano mubi warangwaga munzira yahuzaga Baraka na Bibogobogo.
Kubaka i Barabara biri mubwunvikane bwabaturage ba Baraka na Bibogobogo.




