• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Batatu b’Abagande n’Umubiligi umwe, impamvu batawe muri yombi i Kampala yasobanutse.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Batatu b’Abagande n’Umubiligi umwe, impamvu batawe muri yombi i Kampala yasobanutse.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Batatu b’Abagande n’Umubiligi umwe, impamvu batawe muri yombi i Kampala yasobanutse.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni abari basanzwe ari abanyeshuri kwari batatu, harimo kandi n’Umubiligi, bakoze igisa no kwigarambya i Kampala ku murwa mukuru w’igihugu cya Uganda baza gutabwa muri yombi n’igipolisi cyo muri iki gihugu.

Byabaye muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 05/08/2024, nibwo aba banyeshuri batatu b’Abagande biga muri kaminuza ya Kampala n’undi ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi bafunzwe ubwo berekezaga kuri ambasade y’u Bushinwa iherereye i Kololo, muri Kampala.

Nyuma yuko aba banyeshuri baribamaze kugera kuri iyo ambasade y’Abashinwa aho bari bagiye gusaba abakozi b’iyo ambasade ku babwirire leta y’iki gihugu cy’u Bushinwa guhagarika gutera inkunga umuyoboro w’ibikomoka kuri peteroli muri Afrika y’i Burasirazuba (EACOP), bahakoreye igisa no kwigarambya.

Kandi aba barimo banerekana ko bafite impungenge ko iyubakwa ry’umuyoboro wa peteroli wa kilometero 1,443 uri gucukurwa uzangiza ibidukikije bityo bikanangiza ubushobozi by’ubukerarugendo bwa Uganda, ndetse kandi ngo bikaba byanateza n’ibindi biza.

Kimweho, ibinyamakuru bya Uganda birimo n’icya Daily Monitor ntibyatangaje aho aba banyeshuri bafungiwe, usibye gusa gutangaza ko batawe muri yombi.

Ibi kandi bikaba bibaye nyuma y’uko hari hashize iminsi mike urubyiruko ruzwi nka Gen-Z rugerageje kwigaragambya ariko ntibyabahira kuko inzengo zishinzwe umutekano zahise zibyitambika imbere ntiyaba ikibaye.

        MCN.
Tags: AmbasadeBatatu b'AbagandeBatawe muri yombiKampalaUmubiligi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, yahishyuye icyakundira Abanyarwanda ndetse avuga ko agiye kubasura.

Umugaba mukuru w'ingabo za Uganda, yahishyuye icyakundira Abanyarwanda ndetse avuga ko agiye kubasura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?