• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2025
in Conflict & Security
0
Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

You might also like

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana nyuma y’aho abasirikare b’u Burundi na ba Congo bemeye kuziherekeza na bungeri bazo, maze ngo barabukwe Mai Mai bakizwa n’amaguru.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yahaye Minembwe Capital News mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05/08/2025.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Mai Mai yapfukiye hato kunyaga inka, zari kuri Matunda, kuko yahagabye igitero yirukana abungeri bazo ibarenza ku Kavumu.”

Bukomeza buti: “Aba bungeri b’i nka bari kumwe n’abasirikare b’u Burundi na FARDC baba mu Bibogobogo bari baziherekeje, kugira ngo ziragiriwe, ariko bari rutse sinokubwira.”

Aka gace ka Matunda Mai Mai yagabyemo igitero kubatseho n’amashuri abanza, Ep-Matunda ya Kesho, ni agace kunamiye Kagugu ituwe n’Ababembe bayobowe n’Umuchef witwa Itulo.

Igitangaje, ubu butumwa banagaragaza ko aba basirikare b’u Burundi bahunze ntibigera bakura n’urusasu rumwe mu mbunda zabo.

Ati: “Bariya basirikare b’u Burundi na FARDC uzi ko bahunze batarashe n’urusasu rumwe. Byaradutangaje.”

Hagataho, nta nka yanyazwe, kuko abungeri baje kwirwanaho bahungisha Inka zabo, ubundi Mai Mai na yo isubira inyuma.

Ati: “Imana yarwanye ku bungeri, kandi ibarindira n’Inka zabo barokokana nazo.”

Ibyo byabaye mu gihe iki gice kitaherukagamo imirwano, kuko yabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka; usibye ko mu kwezi kwa kane nabwo havuzwe amakuru menshi yavugaga ko Mai Mai iri gutegura kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ariko ibi byavugwaga na Mai Mai kuko ni yo yabatumagaho ko yenda kubatera.

Kugeza ubu iki gice cya Bibogobogo giherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kiracyagenzurwa n’uruhande rwa Leta, kirimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi ndetse na Wazalendo ari bo Mai Mai.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiInka zakiriya ahamanaMaï Maï
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Kivu y’Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n’Abana Babiri

Kivu y'Epfo: Ibisasu Byaturutse i Burundi Byahitanye Umugore n'Abana Babiri Mu gihe imirwano ikomeje gukomera mu bice byegereye umupaka wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Burundi, abaturage...

Read moreDetails

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Bisimwa yemeje ko batifuza kongera kwinjizwa mu ngabo zatsinzwe, ahubwo bashyize imbere kubaka ingabo nshya z’igihugu

AFC/M23 irashinja Leta ya Kinshasa gusahura umutungo wa Leta muri Kivu y'Amajyepfo Ihuriro Alliance Fleuve Congo/M23 ryatangaje ko ku wa gatatu tariki ya 03/12/2025, habaye inama ikomeye yabereye...

Read moreDetails

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika

Indege z’Intambara za RDC n’u Burundi zateye ibisasu i Kaziba, Ibitaro n’Inyubako z’Abaturage birangirika Amakuru yizewe agera kuri Minembwe Capital News kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/12/2025,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y’i Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Luvungi Yafashwe: Imirwano ikaze hagati ya AFC/M23 na FARDC, imirambo y’ingabo z’u Burundi isigara ku rugamba

AFC/M23 Yitambitse Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi mu Kirere mu Mirwano Ikaze ku Misozi iri hejuru y'i Kibaya cya Rusizi Imirwano ikaze yongeye kubura ku misozi ya Munanira, hafi...

Read moreDetails

Mu kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byongeye gutera impagarara mu kibaya cya Rusizi: Abasivili barimo gupfa, Luvungi na Katogota mu kaga.

Mu Kibaya cya Rusizi, Ibisasu binini byongeye kumvikana Mu gihe mu Kibaya cya Rusizi muri teritwari ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hari hamaze kuboneka agahenge gake,...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?