• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 5, 2025
in Conflict & Security
0
Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

You might also like

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.

Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana nyuma y’aho abasirikare b’u Burundi na ba Congo bemeye kuziherekeza na bungeri bazo, maze ngo barabukwe Mai Mai bakizwa n’amaguru.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yahaye Minembwe Capital News mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05/08/2025.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Mai Mai yapfukiye hato kunyaga inka, zari kuri Matunda, kuko yahagabye igitero yirukana abungeri bazo ibarenza ku Kavumu.”

Bukomeza buti: “Aba bungeri b’i nka bari kumwe n’abasirikare b’u Burundi na FARDC baba mu Bibogobogo bari baziherekeje, kugira ngo ziragiriwe, ariko bari rutse sinokubwira.”

Aka gace ka Matunda Mai Mai yagabyemo igitero kubatseho n’amashuri abanza, Ep-Matunda ya Kesho, ni agace kunamiye Kagugu ituwe n’Ababembe bayobowe n’Umuchef witwa Itulo.

Igitangaje, ubu butumwa banagaragaza ko aba basirikare b’u Burundi bahunze ntibigera bakura n’urusasu rumwe mu mbunda zabo.

Ati: “Bariya basirikare b’u Burundi na FARDC uzi ko bahunze batarashe n’urusasu rumwe. Byaradutangaje.”

Hagataho, nta nka yanyazwe, kuko abungeri baje kwirwanaho bahungisha Inka zabo, ubundi Mai Mai na yo isubira inyuma.

Ati: “Imana yarwanye ku bungeri, kandi ibarindira n’Inka zabo barokokana nazo.”

Ibyo byabaye mu gihe iki gice kitaherukagamo imirwano, kuko yabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka; usibye ko mu kwezi kwa kane nabwo havuzwe amakuru menshi yavugaga ko Mai Mai iri gutegura kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ariko ibi byavugwaga na Mai Mai kuko ni yo yabatumagaho ko yenda kubatera.

Kugeza ubu iki gice cya Bibogobogo giherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kiracyagenzurwa n’uruhande rwa Leta, kirimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi ndetse na Wazalendo ari bo Mai Mai.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiInka zakiriya ahamanaMaï Maï
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

by Bruce Bahanda
August 5, 2025
0
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abakogabye bagaragaje ahandi bashaka gutera. Ihuriro ry'imitwe yitwaje intwaro yibumbiye muciswe Wazalendo yazindutse igaba igitero mu nkengero za centre ya...

Read moreDetails

FCC yagize icyo ivuga nyuma y’aho Kabila atangiye kuburanishwa.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

FCC yagize icyo ivuga nyuma y'aho Kabila atangiye kuburanishwa. Ihuriro ry'amashyaka rya Front Commun pour le Congo, FCC, ryatangaje ko ritewe impungenge n'umwuka mubi wa Politiki uri muri...

Read moreDetails

FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
FARDC n’abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y’Epfo.

FARDC n'abambari bayo bongeye gutana mu mitwe na AFC/M23 muri Kivu y'Epfo. Imirwano ikomeye hagati y'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye.

Ambasaderi wa RDC i Bujumbura ari mu kaga gakomeye. Willy Mulumba, ari we ambasaderi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu Burundi, arashinjwa gukorana n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

by Bruce Bahanda
August 4, 2025
0
Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda.

Ibivugwa ku masasu yavugiye mu Mibunda. Urusaku rw'imbunda rwinshi rw'umvikanye ku munsi w'ejo ku cyumweru mu bice byo mu Mibunda muri secteur ya Itombwe teritware ya Mwenga muri...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?