• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2025
in Conflict & Security
0
Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bibogobogo: Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana.

You might also like

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Inka za Banyamulenge zakiriye ahamana nyuma y’aho abasirikare b’u Burundi na ba Congo bemeye kuziherekeza na bungeri bazo, maze ngo barabukwe Mai Mai bakizwa n’amaguru.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse umwe uherereye muri ibyo bice yahaye Minembwe Capital News mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 05/08/2025.

Ubutumwa yaduhaye bugira buti: “Mai Mai yapfukiye hato kunyaga inka, zari kuri Matunda, kuko yahagabye igitero yirukana abungeri bazo ibarenza ku Kavumu.”

Bukomeza buti: “Aba bungeri b’i nka bari kumwe n’abasirikare b’u Burundi na FARDC baba mu Bibogobogo bari baziherekeje, kugira ngo ziragiriwe, ariko bari rutse sinokubwira.”

Aka gace ka Matunda Mai Mai yagabyemo igitero kubatseho n’amashuri abanza, Ep-Matunda ya Kesho, ni agace kunamiye Kagugu ituwe n’Ababembe bayobowe n’Umuchef witwa Itulo.

Igitangaje, ubu butumwa banagaragaza ko aba basirikare b’u Burundi bahunze ntibigera bakura n’urusasu rumwe mu mbunda zabo.

Ati: “Bariya basirikare b’u Burundi na FARDC uzi ko bahunze batarashe n’urusasu rumwe. Byaradutangaje.”

Hagataho, nta nka yanyazwe, kuko abungeri baje kwirwanaho bahungisha Inka zabo, ubundi Mai Mai na yo isubira inyuma.

Ati: “Imana yarwanye ku bungeri, kandi ibarindira n’Inka zabo barokokana nazo.”

Ibyo byabaye mu gihe iki gice kitaherukagamo imirwano, kuko yabaye mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka; usibye ko mu kwezi kwa kane nabwo havuzwe amakuru menshi yavugaga ko Mai Mai iri gutegura kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ariko ibi byavugwaga na Mai Mai kuko ni yo yabatumagaho ko yenda kubatera.

Kugeza ubu iki gice cya Bibogobogo giherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kiracyagenzurwa n’uruhande rwa Leta, kirimo FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi ndetse na Wazalendo ari bo Mai Mai.

Tags: BibogobogoIngabo z'u BurundiInka zakiriya ahamanaMaï Maï
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC

RDC: Ifatwa rya Général Bolingo Rikomeje Guhungabanya Inzego z’Umutekano no Gukongeza Impaka mu Gisirikare cya FARDC Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), inzego z’umutekano zataye muri yombi...

Read moreDetails

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

Igitero cyazindutse kigabwa ku Banyamulenge cyasubijwe inyuma, ariko abikagabye bagaragaje ahandi bashaka gutera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?