• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi bahuriye mu birwa bya Zanzibar.

You might also like

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

Ni ahagana ku wa Gatandatu tariki ya 06/07/2024, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Duhungirehe ari kumwe na n’umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubanye n’amahanga, Gen James Kabarebe, bagiranye ibiganiro na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, bimara iminsi itatu aho bareberaga hamwe umubano w’ibihugu byombi.

Nk’uko bivugwa ibiganiro byaba bayobozi bohejuru mu bihugu byabo, byabereye mu birwa bya Zanzibar, ahari kubera umwiherero w’iminsi itatu wa ba minisitiri b’ubanyi n’amahanga bo mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EAC).

Ibyari ku meza y’ibiganiro byaba bayobozi b’u Burundi n’u Rwanda, bareberaga hamwe umubano w’ibihugu byombi.

Nduhungirehe akoresheje urubuga rwa x, yavuze ko “iyi niyo gahunda, reka dukemure ibibazo dufitanye mu buryo bwihuse kandi bwemeweranijweho n’impande zombi.”

Ubu butumwa bwari buherekeje ifoto ye na Gen Kabarebe baganira na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Mu butumwa minisitiri Albert Shingiro we yashize hanze, akoresheje x, yavuze ko “dipolomasi ari imbaraga zidasanzwe mu gukemura ibibazo na makimbirane aba ari hagati ya ma leta.”

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze umwaka utangiye kuzahuka wongeye kuzamba mu mpera z’u mwaka ushize, bitewe n’ibibazo bya politiki biri hagati y’ibihugu byombi.

Mu kwezi kwa Cumi n’abiri u Burundi bwashinje u Rwanda gushyigikira umutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bwabwo, nyuma y’ibitero bibiri byagabwe mu bice bitandukanye by’iki gihugu cy’u Burundi.

Ibi byaviriyemo ko leta y’u Burundi ifunga umupaka ubuhuza n’u Rwanda.

Icyemezo u Rwanda rwamaganiye kure , ndetse ruhakana ruvuga ko nta mutwe uwari wo wose rushobora gushigikira.

Hagati aho Albert Shingiro yari aherutse guha itangaza makuru ikiganiro avuga ko u Burundi butazigera bufungura imipaka ibuhuza n’u Rwanda mu gihe ngo iki gihugu kitarabashyikiriza abantu babo bagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, mu 2015.

            MCN.
Tags: Abategetsi b'u Burundi n'u RwandaZanzibar
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rurashinja RDC n’u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

U Rwanda Rurashinja RDC n'u Burundi Kurenga ku Masezerano ya Washington no Guhungabanya Umutekano w'Akarere Leta y’u Rwanda, ibinyujije mu itangazo rya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yatangarije amahanga ko...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w'iki gihugu kwegura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?