• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?

minebwenews by minebwenews
June 17, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibikubiye mu butumwa bwatanzwe na minisitiri w’imari muri Tanzania, Mwengulu Nchemba, yavuze ko Amadolari y’Amerika atazongera gukoreshwa muri iki gihugu ko kandi uzogerageza kuyazana azahura n’ingaruka zikomeye.

Nk’uko uyu minisitiri w’imari muri Tanzania yabisobanuye mu kiganiro kirekire yakoranye n’itangaza makuru i Dar Salaam, yavuze ko gukomeza gukoresha idorali ry’Amerika muri iki gihugu bishoboka kuzagira ingaruka mbi ku bukungu bw’iki gihugu.

Kandi ko muri iki gihe idolari z’Amerika zari zarushijeho kwiyongera mu gihugu cyabo, bityo ko zigomba kurangira hagakoreshwa intanzania.

Ingengo y’imari yagarutsweho mu nama y’inteko ishinga mategeko hagaragazwa impungenge ko ibigo byinshi, abantu muri rusange n’abacuruzi basigaye bakoresha Amadolari y’Amerika kuruta uko bakoresha intanzania, ariko nyamara bazi neza ko bifite ingaruka zo kundindira k’ubukungu bw’igihugu.

Yanagaragaje ko mu gihe ibikorwa byo guhererekanya amafaranga bikozwe mu Mashilingi ya Tanzania, byatuma igihugu kizamuka mu iterambere.

Muri iki kiganiro yaboneyeho gusaba abantu ba leta bakora mu bigo bitandukanye, abishura amafaranga y’ishuri, ubukode, guhemba abakozi, ubwishingizi kutazakomeza kwishyura mu madolari kwa hubwo bagomba guhindura bakajya bakoresha mu kwishyura bakoresheje amashiling y’intanzania.

Yashimangiye ibi avuga ko itegeko nomero 26 ryo mu 2006 rya banki nkuru ya Tanzania rivuga ko amafaranga yemewe mu bucuruzi ari amashilingi, bisobanura ko andi bazasangana umuntu azafatwa nk’ukora ibitemwe.

Kuva tariki ya 1/07/2024 ibigo by’abikorera, ibigo by’imari , abafatanya bikorwa, ubucuruzi, abaturage, ndetse n’abakira Abanyamahanga bagomba kubahiriza itegeko bagakoresha Amashilingi.

Yagize ati: “Guhera ubu ibintu byose bigiye kujya byishyurwa mu Mashilingi, kugira ngo tuzamure agaciro kayo ndetse tunubahirize itegeko rya leta.”

Biteganyijwe ko abashitsi n’abanyamabanga bose bazajya binjira muri Tanzania bagomba guhita bavunjisha vuba kugira ngo bashobore guhaha ku masoko y’imbere mu gihugu.

                  MCN....
Tags: AmashilingiDollarIdolari z'AmerikaTanzaniaZaciwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ubusobanuro bw’imbitse ku mpongano y’ibyaha by’abavuka kuri Adamu waremwe n’Imana.

Ubusobanuro bw'imbitse ku mpongano y'ibyaha by'abavuka kuri Adamu waremwe n'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?