Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe leta ya Tanzania yaciye amadolari y’Amerika muri iki gihugu, uti byagenze gute?

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Nibikubiye mu butumwa bwatanzwe na minisitiri w’imari muri Tanzania, Mwengulu Nchemba, yavuze ko Amadolari y’Amerika atazongera gukoreshwa muri iki gihugu ko kandi uzogerageza kuyazana azahura n’ingaruka zikomeye.

Nk’uko uyu minisitiri w’imari muri Tanzania yabisobanuye mu kiganiro kirekire yakoranye n’itangaza makuru i Dar Salaam, yavuze ko gukomeza gukoresha idorali ry’Amerika muri iki gihugu bishoboka kuzagira ingaruka mbi ku bukungu bw’iki gihugu.

Kandi ko muri iki gihe idolari z’Amerika zari zarushijeho kwiyongera mu gihugu cyabo, bityo ko zigomba kurangira hagakoreshwa intanzania.

Ingengo y’imari yagarutsweho mu nama y’inteko ishinga mategeko hagaragazwa impungenge ko ibigo byinshi, abantu muri rusange n’abacuruzi basigaye bakoresha Amadolari y’Amerika kuruta uko bakoresha intanzania, ariko nyamara bazi neza ko bifite ingaruka zo kundindira k’ubukungu bw’igihugu.

Yanagaragaje ko mu gihe ibikorwa byo guhererekanya amafaranga bikozwe mu Mashilingi ya Tanzania, byatuma igihugu kizamuka mu iterambere.

Muri iki kiganiro yaboneyeho gusaba abantu ba leta bakora mu bigo bitandukanye, abishura amafaranga y’ishuri, ubukode, guhemba abakozi, ubwishingizi kutazakomeza kwishyura mu madolari kwa hubwo bagomba guhindura bakajya bakoresha mu kwishyura bakoresheje amashiling y’intanzania.

Yashimangiye ibi avuga ko itegeko nomero 26 ryo mu 2006 rya banki nkuru ya Tanzania rivuga ko amafaranga yemewe mu bucuruzi ari amashilingi, bisobanura ko andi bazasangana umuntu azafatwa nk’ukora ibitemwe.

Kuva tariki ya 1/07/2024 ibigo by’abikorera, ibigo by’imari , abafatanya bikorwa, ubucuruzi, abaturage, ndetse n’abakira Abanyamahanga bagomba kubahiriza itegeko bagakoresha Amashilingi.

Yagize ati: “Guhera ubu ibintu byose bigiye kujya byishyurwa mu Mashilingi, kugira ngo tuzamure agaciro kayo ndetse tunubahirize itegeko rya leta.”

Biteganyijwe ko abashitsi n’abanyamabanga bose bazajya binjira muri Tanzania bagomba guhita bavunjisha vuba kugira ngo bashobore guhaha ku masoko y’imbere mu gihugu.

                  MCN....
Tags: AmashilingiDollarIdolari z'AmerikaTanzaniaZaciwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Ubusobanuro bw’imbitse ku mpongano y’ibyaha by’abavuka kuri Adamu waremwe n’Imana.

Ubusobanuro bw'imbitse ku mpongano y'ibyaha by'abavuka kuri Adamu waremwe n'Imana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?