Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe Minisitiri w’u bukungu muri RDC, Vital Kamerhe yongeye kw’ikoma u Rwanda na Uganda, gushigikira M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 2, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitire w’ubukungu muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, Vital Kamerhe, kuri uyu wa Gatanu tariki 01/12/2023, yageze i Goma, ahazwi nk’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu ubwo yahabwaga ijambo y’umvikanye y’ibasira cane ubutegetsi bwa Kigali na Kampala ariko ashimagiza Wazalendo.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

I Goma byavuzwe ko yahageze mu masaha y’igicamunsi, avuye i Kinshasa kumurwa mukuru w’igihigu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe mw’ijambo rye yashinje u Rwanda na Kigali ngo Kuba byihishe inyuma y’u mutwe wa M23 ugize igihe uhanganye n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rw’u butegetsi bwa Kinshasa.

Yagize ati: “Ndashaka kubwira abacu bu Rwanda na Uganda bihishe inyuma ya M23 , ndabizi ko abagande baduteye nabo. Reka mbivuge gutya ubugande bufasha Inyeshamba zo mu mutwe wa M23 ariko turashaka kubana mu mahoro.”

Vital Kamerhe yakomeje agira ati: “Mwaje kudutera ariko turabizi ko Wazalendo na FARDC muhanganye rero turinyuma ya Wazalendo na FARDC kandi dushigikiye Perezida Félix Tshisekedi, kugeza twongeye kugarura ubutaka bwo mu Burasirazuba bwanyazwe.”

Uyu Vital Kamerhe, yaherukaga kwibasira u Rwanda na Uganda mu mpera z’u kwezi kwa Munani uyu mwaka w’2023, ubwo yari mu Nama y’u bukungu iheruka mu bihugu by’Abarabu.

N’ubwo abanyakongo bashinja u Rwanda gufasha u mutwe wa M23 ariko u Rwanda rwagiye rubitera utwatsi hubwo bagashinja Kinshasa gukorana na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’1994.

Vital Kamerhe ni umunyekongo uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, neza na neza muri teritwari ya i Djwi. Uyu asanzwe ahagarariye Ishyaka rya UNC(The Union for the the Congolese Nation).

Bruce Bahanda.

Tags: FardcGomaMinisitire w'ubukungu muri RDC Vital KamerheWazalendoYongeye kwibasira u Rwanda na Uganda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Ubu biko bwa komisiyo y'Amatora muri RDC , bwafashwe n'inkongi y'umuriro burasha burakongoka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?