• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe Minisitiri w’u bukungu muri RDC, Vital Kamerhe yongeye kw’ikoma u Rwanda na Uganda, gushigikira M23.

minebwenews by minebwenews
December 2, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitire w’ubukungu muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, Vital Kamerhe, kuri uyu wa Gatanu tariki 01/12/2023, yageze i Goma, ahazwi nk’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu ubwo yahabwaga ijambo y’umvikanye y’ibasira cane ubutegetsi bwa Kigali na Kampala ariko ashimagiza Wazalendo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

I Goma byavuzwe ko yahageze mu masaha y’igicamunsi, avuye i Kinshasa kumurwa mukuru w’igihigu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe mw’ijambo rye yashinje u Rwanda na Kigali ngo Kuba byihishe inyuma y’u mutwe wa M23 ugize igihe uhanganye n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rw’u butegetsi bwa Kinshasa.

Yagize ati: “Ndashaka kubwira abacu bu Rwanda na Uganda bihishe inyuma ya M23 , ndabizi ko abagande baduteye nabo. Reka mbivuge gutya ubugande bufasha Inyeshamba zo mu mutwe wa M23 ariko turashaka kubana mu mahoro.”

Vital Kamerhe yakomeje agira ati: “Mwaje kudutera ariko turabizi ko Wazalendo na FARDC muhanganye rero turinyuma ya Wazalendo na FARDC kandi dushigikiye Perezida Félix Tshisekedi, kugeza twongeye kugarura ubutaka bwo mu Burasirazuba bwanyazwe.”

Uyu Vital Kamerhe, yaherukaga kwibasira u Rwanda na Uganda mu mpera z’u kwezi kwa Munani uyu mwaka w’2023, ubwo yari mu Nama y’u bukungu iheruka mu bihugu by’Abarabu.

N’ubwo abanyakongo bashinja u Rwanda gufasha u mutwe wa M23 ariko u Rwanda rwagiye rubitera utwatsi hubwo bagashinja Kinshasa gukorana na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’1994.

Vital Kamerhe ni umunyekongo uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, neza na neza muri teritwari ya i Djwi. Uyu asanzwe ahagarariye Ishyaka rya UNC(The Union for the the Congolese Nation).

Bruce Bahanda.

Tags: FardcGomaMinisitire w'ubukungu muri RDC Vital KamerheWazalendoYongeye kwibasira u Rwanda na Uganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubu biko bwa komisiyo y'Amatora muri RDC , bwafashwe n'inkongi y'umuriro burasha burakongoka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?