Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe Moïse Katumbi, yakiriwe n’abaturage hafi y’abantu bose baturiye i Kalemie, maze bamwita “Baba wa Taifa, Mkombizi wetu.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kalemie, k’umurwa Mukuru w’Intara ya Tanyanyika, muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, tariki 29/11/2023, bakiriye Moïse Katumbi, u mukandida uri kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu muri RDC mu matora ategerejwe kuba mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri (12).

You might also like

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Uyu mukandida ufite nimero ya 3, Moïse katumbi, ubwo yakirwaga ku kibuga c’indege cya Kainda, giherereye mu Mujyi wa Kalemie, yakiranwe ibyishimo nimugihe abaturage bingero zose bari bitabiriye ubona ari ibihumbi nibihumbagiza.

Moïse katumbi, yahise yerekeza ku k’ibuga cy’umupira wamgaru aho yasanze n’ubundi ategerejwe n’Abantu isinzi nk’uko bigaragara no mu mashusho.

Bamwe mubari baje kumwakira baje bitwaje ibyapa byanditsweho ngo “Baba wa Taifa, Mukombozi wetu.”

Moïse katumbi yaje gufata ijambo maze agira ati: “Tuje kubakura mu buretwa bwa UDPS.”

Moïse Katumbi, nanone yagarutse kubijanye n’umutekano, ubuhinzi n’iterambere ry’i Mihanda ndetse n’i Mihanda yagari ya Moshi. Ibi byose yabibwiye abari bitabiriye abizeza ko byose bizakemuka mugihe bazaba bamugiriye icyizere bakamuha amajwi.

Moïse Katumbi, yigezeho kuba Guverineri w’i Ntara yahoze ari Katanga, itaragaburwamo i Ntara zine(4). Icyogihe yakoze byinshi harimo noguca intambara akoresheje programme yitwaga CONADER.

Byavuzwe ko Moïse Katumbi, yakiriwe n’abaturage ba barirwa mu bihumbi 600.000 bingana na 98% byabaturage batuye i Kalemie umurwa Mukuru w’Intara ya Tanganyika.

Tubibutse ko Kalemie nayo yahoze mucyahoze ari Katanga. Kuri ubu n’i Ntara yigenga .

Bruce Bahanda.

Tags: Bamwise baba wataifa Mkombizi wetuBidasanzwe Moïse Katumbi yakiriwe n'abaturage hafi y'abantu bose baturiye i Kalemie
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse.

by Bruce Bahanda
May 24, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Kabila yashinje Tshisekedi kugendera kubihuha anavuga icyo agiye gukora byihuse. Joseph Kabila wabaye perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashinje Tshisekedi wa musimbuye kuri uwo mwanya kuba...

Read moreDetails

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko.

Intwaro zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko. Nyuma y'aho u Rwanda rumuritse bwa mbere mu nama mpuzamahanga y'umutekano iheruka kubera i Kigali intwaro zarwo zirukorerwamo bigatungura ibihugu byinshi,...

Read moreDetails

Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Minisitiri w’ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa.

Minisitiri w'ubutabera wa RDC ararira ayo kwarika nyuma yo kugira ibyo ashinjwa. Umushinjacyaha w'urukiko rushyinzwe imanza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yandikiye inteko ishinga amategeko ayisaba kwambura...

Read moreDetails

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

by Bruce Bahanda
May 22, 2025
0
Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y’Epfo umutego ukomeye.

Perezida Trump yavuze ko ntaho ahuriye na RDC anatega Ramaphosa wa Afrika y'Epfo umutego ukomeye. Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko ntaho ahuriye na...

Read moreDetails

Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

by Bruce Bahanda
May 21, 2025
0
Amabuye y’agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda.

Amabuye y'agaciro ya Congo agiye kuzajya yoherezwa mu Rwanda. Amabuye y'agaciro ya Repubulika ya demokarasi ya Congo nka tungsten, tantalum na tin, ayo iki gihugu cyagiye gishinja u...

Read moreDetails
Next Post

Inteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongereye igihe état de siège mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru na Ituri kugira bahangane na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?