Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bidasanzwe mu nkengero za Kanyabayonga, no muri centre yayo, hagaragaye ituze ridasanzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 6, 2024
in World News
0
Bidasanzwe mu nkengero za Kanyabayonga, no muri centre yayo, hagaragaye ituze ridasanzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Kanyaboyonga hagaragaye ituze kuri uyu wa Kane, tariki ya 06/06/2024.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Kuva isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, hagaragaye agahenge ka mahoro, muri Kanyaboyonga no mu nkengero zayo, nk’uko ibi tubikesha abaturage baturiye ibyo bice.

Aka gahenge kagaragaye nyuma y’uko aha hamaze iminsi irenga irindwi habera urugamba rukomeye hagati ya m23 n’iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

Iyi mirwano yanabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, ibera mu nkengero za Kanyaboyonga, mu birometre bine uvuye muri iyi centre ya Kanyaboyonga.

Nk’uko iyi nkuru dukesha abaturiye ibyo bice, isobanura ko muri centre ya Kanyaboyonga hakigenzurwa n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, Fdlr, Fardc, ingabo z’u Burundi, abacanshuro, wazalendo na Sadc.

Mu gihe m23 yo igenzura inkengero z’iyi centre ya Kanyaboyonga, ndetse ikaba yashize ibirindiro bikaze mu gace kitwa Luke na Bulindi no mu tundi duce turi hafi aho.

Imyaka itatu irashize hari uguhangana gukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, kimweho M23 imaze kwambura iri huriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo.

          MCN.
Tags: Agahenge ka mahoroIhuriro ry'Ingabo za RDCKanyabayongaM23Mu nkengero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?