• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bidasanzwe umwana yakanguriye abaturage kudatora se mu matora y’umukuru w’igihugu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 19, 2025
in World News
0
Bidasanzwe umwana yakanguriye abaturage kudatora se mu matora y’umukuru w’igihugu
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe umwana yakanguriye abaturage kudatora se mu matora y’umukuru w’igihugu

You might also like

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

Brenda Biya, umukobwa wa perezida w’igihugu cya Kameruni, yahamagariye abaturage b’iki gihugu kudatora se mu matora yenda kuba muri iki gihugu y’umukuru w’igihugu.

Ni byo uyu mukobwa wa perezida Paul Biya yatangaje akoresheje urubuga rwa Tik Tok, aho yatanze ubutumwa muri videwo ahamagarira abaturage b’igihugu cye kudashigikira se mu matora yegereje.

Uyu mukobwa witwa Brenda, ariko akaba azwi cyane ku mazina ya King Nasty, yavuze ko ku butegetsi bw’umubyeyi we, igihugu cyabo cyinjiye mu bukene budasanzwe, n’ubushomeri ngo burushaho kwiyongera, ubundi kandi abaturage aho kuja imbere mu iterambere bagasubira inyuma.

Kubera izo mpamvu abwira abaturage bo muri iki gihugu cyabo kutazatora se mu matora yenda kuba mu minsi mike iri imbere.

Ibi bikaba ari ubwa mbere bibaye mu mateka ya Afrika, aho umwana adashyigira umubyeyi we mu gihe aba akiri ku butegetsi.

Perezida Paul Biya amaze imyaka 43 ategeka iki gihugu cya Kameruni, kuko yagiye ku butegetsi bwa mbere mu mwaka wa 1984.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Kameruni ni we muyobozi mukuru mu bandi bakuru bo ku mugabane wa Afrika, kuko afite imyaka 92 y’amavuko.

Tags: AmatoraBrenda BiyaKameruni
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy’indembe

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Bonyoni yagejejwe mu bitaro aherekejwe bikomeye

Lt.Gen.Bonyoni yajanwe mu cumba cy'indembe Lieutenant General Alain Guillaume Bonyoni wahoze ari minisitiri w'intebe w'u Burundi, yamaze kujya muri "coma." Gen Guillaume Bonyoni yagiye muri coma nyuma y'iminsi...

Read moreDetails

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu Perezida Andry Rojoeline wa Madagascar yahungiye mu gihugu cy'u Bufaransa, nyuma yo kweguzwa n'umutwe wa basirikare witwa CAPSAT. Mu ijoro ryo...

Read moreDetails

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas  bigiye kuba impamo

Ibyari inzozi kuri Israel na Hamas bigiye kuba impamo Leta ya Israel n'umutwe wa Hamas umaze igihe iwugabaho ibitero karahabutaka, bigiye guhurira i Sharm muri Misiri, maze bitere...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe mu mahanga kwiga mbere y’uko boherezwa muri RDC batorotse

Abasirikare b'u Burundi bari baroherejwe mu mahanga kwiga mbere y'uko boherezwa muri RDC batorotse

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?