• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe umwe mubigeze kubera kimwe mu bihugu byo muri Afrika, umukuru w’igihugu yakatiwe gufungwa imyaka irenga 19.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Captain Dadis Camara wayoboye Gunea Conakry, urukiko rwo muri Guinea Conakry rwamukatiye gufungwa imyaka 20 kubera ibyaha byibasiye ikiremwa muntu muri icyo gihugu ubwo yari akikiyoboye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava iyo avuga ko Camara yahamijwe ibyaha byo kuba inyuma y’ubwicanyi bwakozwe n’igisirikare bugahitana abantu 156 ndetse n’abagore benshi bagafatirwa kungufu muri stade iherereye i Conakry.

Ay’amakuru anavuga kandi ko Camara ko yari akurikiranweho kuba ari we watanze amabwiriza ku basirikare bakoze ayo mahano mu mwaka w’ 2009.

Uyu wahoze ari umutegetsi ndetse kandi akaba yarayoboye n’igisirikare ntiyahwemye guhakanira urukiko ibyo ashinjwa kandi avuga ko ntasano afitanye nabyo ko bishingiye kuri politiki nk’uko binashimangirwa n’umwunganizi we mu byamategeko.

Muri 2008 nibwo Captain Dadis Camara yafashe ubutegetsi ahiritse perezida Lansana Conté wari umaze igihe kinini apfuye.

Kandi Camara mu gihe cye ingoma ye yafashwe nk’aho iyobowe n’umunyagitugu kugeza ubwo yavaga ku butegetsi tariki ya 15/01/2010.

Yabanje guhungira muri Burkina Faso aza kuvanwayo mu kwezi kwa 9/2022 kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera, yavuze kenshi ko ari umwere.

Areganwa n’abandi bagera kuri barindwi bahamwe n’ibyaha byo kwica, ihohotera rishingiye ku gitsina, iyicarubozo no gushimuta abantu bakaba bahanishwijwe gufungwa imyaka 20 ni mu gihe batatu bagizwe abere.

Guinea Conakry kuri ubu iyobowe na Colonel Mamadou Doumbouya kuva igisirikare cyahirika ubutegetsi bwa Alpha Conde mu kwezi kwa Cyenda umwaka w’ 2021.

                  MCN.
Tags: Didas Moussa CamaraGuinea ConakryRwamukatiye gufungwa imyaka 20Urukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

U Rwanda na Congo Kinshasa byashimiwe ku myanzuro yafatiwe i Luanda mu gihugu cya Angola.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?