Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bidasanzwe Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 5, 2024
in World News
0
Bidasanzwe Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba mu Rwanda.

You might also like

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ni amakuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Bwiza Com, aho cyatangaje ko Umzalendo witwaje imbunda yagiye kwiba i Rubavu mu gihugu cy’u Rwanda.

Wazalendo ni abarwanyi Leta ya Kinshasa yifashisha mu rwego rwo kugira ngo bayifashe ku rwanya umutwe wa M23 ugize igihe warazengereje ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi Tshilombo.

Aya makuru avuga ko ahagana isaha ya saa saba z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane tariki ya 05/09/2024, Mzalendo yinjiye mu mudugudu wa Kageyo, akagari ka Rusura ho mu murenge wa Busesamana.

Nyuma yo kwinjira muri ako gace, aho yaje aturutse mu kibaya cya RDC aza aje kwiba inka y’umuturage witwa Mfitumukiza Janvier.

Akomeza avuga ko Mzalendo, akimara gutunguka ku irembo ry’inka yarashe amasasu abiri mu kirere ariko aza kwiruka ahunga, ndetse ngo aho yahataye icyuma ahunga agana mu kibaya cya RDC yari yaturutsemo.

Iki gitangaza makuru cyanavuze ko inzego zishinzwe umutekano muri ako gace zavuze ko ziri kubikurikirana.

Gusa, umurenge wa Busesamana n’indi yo muri Rubavu ihana umupaka na Repubulika ya demokarasi ya Congo ikunze kwibasirwa n’ibikorwa bihungabanya umutekano bikorwa n’imitwe yitwaje intwaro iba mu Burasirazuba bwa RDC irimo na FDLR.

Byavuzwe ko mu kwezi kwa Gatandatu uyu mwaka abitwaje imbunda bateye umwe mu baturage b’uyu murenge , bamwiba ihene ndetse banasiga bamuteye ibyuma.

Ndetse kandi ngo no mu ntangiriro z’uyu mwaka hibwe inka zibarirwa 24 na zo zibwe n’abitwaje imbunda bajya kuzirira muri RDC.

             MCN.
Tags: KwibaMzalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Hatangajwe igishobora gutuma gereza ya Makala ifungwa.

RDC: Hatangajwe igishobora gutuma gereza ya Makala ifungwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?