• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Bidasubirwaho Amerika yahagaritse imfashyanyo yahaga Afrika y’Epfo, menya impamvu.

minebwenews by minebwenews
February 10, 2025
in World News
0
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho Amerika yahagaritse imfashyanyo yahaga Afrika y’Epfo, menya impamvu.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yahagaritse bidasubirwaho inkunga igihugu cye cyahaga Guverinoma ya Afrika y’Epfo.

Ni byatangajwe na perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho iryo tangazo yashyize hanze ryemeza ko Donald Trump yasinye itegeko ryo gukuraho imfashyanyo Amerika yahaga igihugu cy’Afrika y’Epfo.

Trump yakoze ibyo nyuma yo kunenga amategeko y’icyo gihugu yerekeye ubutaka n’ikirego cya Afrika y’Epfo yatanze mu rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’ubutabera irega Israel, igihugu gisanzwe ari inshuti idasanzwe y’Amerika. Iki kirego gishinja Israel gukorera jenoside Abanyapalesitina mu Ntara ya Gaza.

Ahagana mu mwaka w’ 2023, Amerika yahaye Afrika y’Epfo imfashyanyo ya miliyari $440 nk’uko bigaragara mu mibare ishyirwa ahabona n’ubutegetsi bw’Amerika.

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’Afrika y’Epfo Ronald Lamola, yavuze ko iki cyemezo cya perezida Trump kidashingiye ku makuru ahamye kandi cyirengagiza amateka akomeye, ababaje y’ubukoloni n’ivangura rya apartheid Afrika y’Epfo yanyuzemo.

Ubwo perezida Trump yabisobanuraga, yavuze ko iki gihugu cya Afrika y’Epfo cyambura ubutaka abantu bamwe, kandi bugafata abantu nabi.

Ibyo byabaye nyuma y’uko umuherwe Elon Musk, inshuti yahafi ya perezida Donald Trump, akaba kandi ari imvukire y’Afrika y’Epfo avuze ko Abazungu bo muri Afrika y’Epfo bibasiwe n’amategeko ashingiye ku ibara ry’uruhu muri icyo gihugu.

Muri iryo tangazo rya perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, rivuga kandi ko izashyiraho gahunda yo kwakira nk’impunzi abahinzi b’Abazungu bo muri Afrika y’Epfo n’imiryango yabo. Ivuga ko igiye gushyira imbere umugambi wo kwakira Abazungu bo muri Afrika y’Epfo no gutanga imfashyanyo y’ibanze kubageze mu gihugu.

Kimwecyo, perezida Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, ubwo yasinye itegeko rigenga ubutaka muri Afrika y’Epfo yavuze ko rigamije gukuraho ubusumbane no korohereza leta kubona aho gukorera ibireba inyungu rusange. Yongeyeho ko Afrika y’Epfo itazaterwa ubwoba n’icyemezo cya Trump.

Ikindi n’uko minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki gihugu cya Afrika y’Epfo yavuze ko bitangaje kubona itegeko perezida Trump yasinye ryorohereza Abazungu babayeho neza kandi bakize kurusha abandi mu gihe bafite ibibazo nyabyo birukanwa muri Amerika bagasubizwa aho bakomoka.

Tags: Afrika y'EpfoAmerikaInkunga
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi haravugwa imirwano ikaze.

Iby'igitero cya FARDC na FDLR bagabye mu muhana w'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?