Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho ingabo za Gen Sultan Makenga, zagaruye ituze muri Centre ya Nyanzare, iherereye muri teritwari ya Rutsuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho ingabo za Gen Sultan Makenga, zagaruye ituze muri Centre ya Nyanzare, iherereye muri teritwari ya Rutsuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byemejwe bidasubirwaho ko Nyanzare yamaze kwigarurirwa n’igisirikare cya General Sultan Makenga.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ku mugoroba wo k’uwa Gatatu, tariki ya 05/03/2024, umuvugizi w’igisirikare cya M23 Lt Col Willy Ngoma, yemeje bidasubirwaho ko bamaze kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa muri centre ya Nyanzare, iherereye muri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

I centre ya Nyanzare ikaba iri mu ntera y’ibirometre, ubariranije nk’uko byavuzwe ni 130, n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Intambara yo gufata Nyanzare yahereye kuva ku mugoroba wo k’uwa Mbere, nyuma y’uko abarwanyi ba M23 bari bamaze gufata uduce twa Gatsiro no mu nkengero zaho, maze kuri uyu wa Kabiri, ahagana isaha z’umugoroba M23 yirukana FARDC, FDLR, SADC na Wazalendo muri uy’u Mujyi wa Nyanzare warimo ibirindiro bikomeye bya FDLR.

Amakuru amwe avuga ko abasirikare bo kuruhande rwa Kinshasa ko bahunze berekeza za Walikale n’ahandi.

Ay’amakuru akomeza avuga ko M23 ko yafashe uduce twinshi kumunsi w’ejo hashize harimo Ngoroba, Kashari na Majengo.

Nk’uko uyu muvugizi wa M23 mu bya gisirikare yabivuze yavuze ko M23 yagaruye ituze muri Centre ya Nyanzare.

Yagize ati: “Ituze ryagarutse muri Nyanzare nyuma y’uko abahungu baho bakwiriye bahatabaye.”

Kuri ubu M23 irakomeza gusatira igana
ibirombe bya mabuye y’agaciro bya Somikivu, bifatwa nk’ibya Kabiri nyuma ya Rubaya mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

         MCN.
Tags: BidasubirwahoIngabo za general Sultan MakengaRutsuruZafashwe Nyanzare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
L’armée de la SADC doit rentrer chez elle, disent les Congolais.

L'armée de la SADC doit rentrer chez elle, disent les Congolais.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?