• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zasabiwe gucyurwa mu bihugu byabo.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho ingabo za SADC ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zasabiwe gucyurwa mu bihugu byabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyekongo barashinja ingabo za SADC gutererana Wazalendo k’urugamba bahanganyemo na M23, bityo bagasaba ko ingabo z’i bihugu byaje gufasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gutaha iwabo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’i bikubi mu butumwa buri mu myandikire bikaba byashizwe k’urubuga rwa X, rwa Simaro Ngongo Case.

Ubwo butumwa bwashinzwe hanze kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024. Nu butumwa bugira buti: “Ingabo za SADC zigomba gusubizwa mu bihugu byabo, kuba badashora kurwana n’igisirikare cya Corneille Nangaa, dufite amakuru ko Wazalendo ari bo barwana k’urugamba bonyine.”

Ubu butumwa buvuga kandi buti: “Ni iki abasirikare ba SADC bagikora muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu gihe ibintu bidahinduka k’urugamba? Twakoze iperereza ry’imbitse dusanga ingabo za SADC zifite ibibazo by’i mikorere mibi, ntizivuga rumwe n’ubuyobozi bwa Wazalendo, kandi ntibitabira kurwanya ingabo za Gen Sultan Makenga na Corneille Nangaa.”

Bukomeza bugira buti: “Urubanza rureba bwana Tshisekedi Tshilombo, agomba guhitamo gusubiza ingabo za mahanga mu bihugu byabo kubera ko badashoboye gutsinda no kurwana n’abahagurukiye gukora impindura matwara.”

Ubutumwa busoza buvuga ko “Ibibazo biri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zagize ingaruka mbi ku ngabo z’i gihugu cyabo(FARDC). Bityo Félix Tshisekedi niwe ugomba kuzabibazwa! Perezida Félix Tshisekedi abantu bose bagomba kumenya ko ariwe pfundo ry’ibibazo biri mu gihugu cya RDC.”

Kurundi ruhande imirwano hagati ya M23 n’ingabo za RDC, hamwe n’abasirikare b’ibindi bihugu byaje gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa, bakomeje kuneshwa na M23 bidasubirwaho.

Ni mu mirwano imaze iminsi ibiri ibera muri teritware ya Rutsuru na Masisi, nk’uko amakuru abivuga n’uko mu mirwano yabaye k’u wa Mbere n’ejo hashize, yerekanye ubutsindwe bukomeye ku ngabo za SADC na FARDC, ndetse n’imitwe y’itwaje imbunda ifatikanyije nabo, kurwanya M23.

               MCN.
Tags: GucyurwaMu bihugu byaboSADCYasabiwe gutahishwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanyekongo z’i cyumbikiwe mu gihugu cy’u Burundi, zategetswe kugabanya amasengesho no kudakora ingendo.

Impunzi z'Abanyekongo z'i cyumbikiwe mu gihugu cy'u Burundi, zategetswe kugabanya amasengesho no kudakora ingendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?